Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 12:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
CSP Hillary Emmanuel Sengabo
SHARE

Chief Superintendent of Prisons ( CSP) Hillary Sengabo yongeye kugirwa Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, inshingano yari amaze imyaka irenga ine avuyemo kuko yari ari mu masomo.

Uyu mugabo wamaze igihe kirekire ari umuvugizi w’uru rwego, yagiye kwiga afite ipeti rya Senior Superintendent of Prisons, asimburwa na SSP Pelly Uwera Gakwaya nawe waje gusimburwa SSP Uwimana.

Yaherukaga kuvugira uru rwego mu 2020 mbere y’uko asimbuwe na SSP Pelly Gakwaya Uwera wari wamusimbuye kuri izo nshingano.

Sengabo yabaye muri izi nshingano kuva 2014 kugeza 2020, mbere yo kujya kwiga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu karere ka Musanze, aho aherutse gukura impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Master’s) mu miyoborere myiza no gukemura amakimbirane mu mahoro.

Nyuma y’aho CSP Sengabo Hillary Emmanuel yayoboye amagororero atandukanye arimo irya Muhanga n’irya Huye yose aherereye mu Ntara y’Amajyepfo.

Yabwiye The New Times, Sengabo yavuze ko yiteguye gukora inshingano ze kinyamwuga.

Ati: “Twatojwe gukorera igihugu twitanga. Iyo uhawe inshingano, urazubahiriza uko bikwiye.”

Yasezeranyije itangazamakuru ko azakomeza gukorana naryo no kugeza ku baturage amakuru ajyanye n’imikorere n’imishinga ya RCS.

TAGGED:AbagororwaIkigoInshinganoSengabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Next Article Perezida Kagame Yashimye Imikoranire Yagiranye Na Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gisagara: Ikamyo Ya Howo Yishe Abana Babiri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kagame Yaganiriye N’Itsinda Ry’Abayobozi Ba Banki Y’Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?