Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 12:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
CSP Hillary Emmanuel Sengabo
SHARE

Chief Superintendent of Prisons ( CSP) Hillary Sengabo yongeye kugirwa Umuvugizi w’Urwego rw’igihugu rw’igorora, inshingano yari amaze imyaka irenga ine avuyemo kuko yari ari mu masomo.

Uyu mugabo wamaze igihe kirekire ari umuvugizi w’uru rwego, yagiye kwiga afite ipeti rya Senior Superintendent of Prisons, asimburwa na SSP Pelly Uwera Gakwaya nawe waje gusimburwa SSP Uwimana.

Yaherukaga kuvugira uru rwego mu 2020 mbere y’uko asimbuwe na SSP Pelly Gakwaya Uwera wari wamusimbuye kuri izo nshingano.

Sengabo yabaye muri izi nshingano kuva 2014 kugeza 2020, mbere yo kujya kwiga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riherereye mu karere ka Musanze, aho aherutse gukura impamyabumenyi y’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Master’s) mu miyoborere myiza no gukemura amakimbirane mu mahoro.

Nyuma y’aho CSP Sengabo Hillary Emmanuel yayoboye amagororero atandukanye arimo irya Muhanga n’irya Huye yose aherereye mu Ntara y’Amajyepfo.

Yabwiye The New Times, Sengabo yavuze ko yiteguye gukora inshingano ze kinyamwuga.

Ati: “Twatojwe gukorera igihugu twitanga. Iyo uhawe inshingano, urazubahiriza uko bikwiye.”

Yasezeranyije itangazamakuru ko azakomeza gukorana naryo no kugeza ku baturage amakuru ajyanye n’imikorere n’imishinga ya RCS.

TAGGED:AbagororwaIkigoInshinganoSengabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Next Article Perezida Kagame Yashimye Imikoranire Yagiranye Na Ngirente
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?