Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Denmark Iri Kuganira N’u Rwanda Ngo Iruhe Abimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Denmark Iri Kuganira N’u Rwanda Ngo Iruhe Abimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 April 2022 2:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko u Rwanda ruri kuganira na Denmark ku bimukira iki gihugu gishaka kohereza mu Rwanda

Ati: “ Kuba ibiganiro bihari byo birahari, ariko ibindi by’uko twemeranyije nabo cyangwa turemeranyije ntacyo nabitangazaho kuko ibiganiro bigikomeje.”

Itangazamakuru ryo mu Bwongereza ryari riherutse kubikomozaho ariko naryo ntiryatanze ibisobanuro birambuye kuri iyi ngingo.

U Rwanda ruri muri ibi biganiro nyuma y’uko ruherute no gusinyana n’u Bwongereza amasezerano y’imikoranire mu kwakira abimukira bagera ku 4000 bazatangira kugera mu Rwanda mu Byumweru bicye biri imbere.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Amakuru Taarifa ifite avuga ko ibiganiro hagati ya Denmark byatangiye mbere y’iby’u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza ariko ibi byo byarihuse kurusha ibyatangiye mbere.

TAGGED:AbimukiraDenmarkfeaturedMukuralinda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mwai Kibaki Wayoboye Kenya Yatabarutse
Next Article Ibitaro Bya Faysal Byahawe Uburenganzira Bwo Kwigisha Abanyeshuri Ba Kaminuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?