Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Denmark Iri Kuganira N’u Rwanda Ngo Iruhe Abimukira
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Denmark Iri Kuganira N’u Rwanda Ngo Iruhe Abimukira

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 April 2022 2:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yabwiye Taarifa ko u Rwanda ruri kuganira na Denmark ku bimukira iki gihugu gishaka kohereza mu Rwanda

Ati: “ Kuba ibiganiro bihari byo birahari, ariko ibindi by’uko twemeranyije nabo cyangwa turemeranyije ntacyo nabitangazaho kuko ibiganiro bigikomeje.”

Itangazamakuru ryo mu Bwongereza ryari riherutse kubikomozaho ariko naryo ntiryatanze ibisobanuro birambuye kuri iyi ngingo.

U Rwanda ruri muri ibi biganiro nyuma y’uko ruherute no gusinyana n’u Bwongereza amasezerano y’imikoranire mu kwakira abimukira bagera ku 4000 bazatangira kugera mu Rwanda mu Byumweru bicye biri imbere.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko ibiganiro hagati ya Denmark byatangiye mbere y’iby’u Rwanda rwagiranye n’u Bwongereza ariko ibi byo byarihuse kurusha ibyatangiye mbere.

TAGGED:AbimukiraDenmarkfeaturedMukuralinda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mwai Kibaki Wayoboye Kenya Yatabarutse
Next Article Ibitaro Bya Faysal Byahawe Uburenganzira Bwo Kwigisha Abanyeshuri Ba Kaminuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?