Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dr Nsabimana Wayoboraga RURA Yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Dr Nsabimana Wayoboraga RURA Yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo

admin
Last updated: 31 January 2022 7:33 pm
admin
Share
SHARE

Dr Nsabimana Ernest wayoboraga Urwego Ngenzuramikorere (RURA) yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa remezo, asimbuye Gatete Claver wagizwe Ambasaderi mu Muryango w’Abibumbye i New York.

Ni impinduka zatangajwe kuri uyu wa Mbere na Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente, mu izina rya Perezida Paul Kagame.

Muri izo mpiduka kandi, Eng Uwase Patricie yagizwe Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo. Yari asanzwe ari Umunyamabanga Uhoraho muri iyi minisiteri.

Eng Uwase Patricie

Mbere yo kuyobora RURA, Dr Nsabimana yari Umuyobozi wungirije w’Umujyi wa Kigali ushizwe Imyubakire n’Ibikorwa remezo. Mbere yaho yari Umuyobozi wa IPRC Karongi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Afite impamyabumenyi ihanitse yakuye muri Kyung Hee University muri Korea y’Epfo.

Asimbuye Gatete wari Minisitiri w’Ibikorwa remezo guhera ku wa 6 Mata 2018. Mbere yaho yabaye Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi guhera muri Gashyantare 2013.

Mbere yaho kandi yabaye Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda (2011 kugeza mu 2013), nyuma y’igihe ari Visi Guverineri wayo.

Ntabwo ari mushya muri dipolomasi kuko yabaye Ambasaderi w’u Rwanda mu bihugu birimo u Bwongereza,  Ireland, na Iceland guhera mu Ugushyingo 2005 kugeza mu Ukuboza 2009.

Ambasaderi Gatete Claver
TAGGED:Dr Nsabimana ErnestfeaturedMININFRARURA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rihanna Aratwite
Next Article Abaturage 3 Barimo Na Gitifu Bakurikiranyweho Kwiyitirira Urwego Bakaka Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?