Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2024 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intica ntikize’ kandi nawo utinda

Bavuga ko hari ibirarane by’imishahara Leta ibababereyemo  bityo ko kutabibishyura byabashonjesheje.

Kubera gusonza, abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’iki gihugu batangaje ko baretse kujya mu kazi Leta ikabanza kubishyura kuko mu ngo zabo inzara inuma.

Anicet Mulenda uyobora Sendika y’abakora mu rwego rw’ububanyi n’amahanga avuga ko bafite agahinda batewe n’uko Minisiteri ifite ingengo y’imari mu nshingano zayo yanze kubagenera amafaranga y’ibirarane angana na 28% by’ayo bari bubone muri uku kwezi ku Ukuboza, 2024 kugeza rwagati.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: ” Iyo ni imwe mu mpamvu zaduteye kwigaragambya nyuma yo kubona ko ibyo batwemereye bitakibonetse kandi mu ngo zacu dushonje”.

Abigaragambya basaba Leta kuba yabishyuye imyenda yose bitarenze Ukuboza, 2024.

Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko umuhati wayo wo kumva icyo Leta ibivugaho nta cyo wagezeho.

Icyakora abigaragambya bo barahiye ko batazasubira mu mirimo igihe cyose bazaba batarishyurwa ayabo.

TAGGED:AbakoziAmahangaCongoDRCImyigaragambyoMinisiteriY'ububanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abikorera Barasabwa Gukuba Kabiri Ibyoherezwa Hanze
Next Article Impinduka Mu Bava Mu Yisumbuye Bajya Muri Kaminuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?