Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2024 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intica ntikize’ kandi nawo utinda

Bavuga ko hari ibirarane by’imishahara Leta ibababereyemo  bityo ko kutabibishyura byabashonjesheje.

Kubera gusonza, abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’iki gihugu batangaje ko baretse kujya mu kazi Leta ikabanza kubishyura kuko mu ngo zabo inzara inuma.

Anicet Mulenda uyobora Sendika y’abakora mu rwego rw’ububanyi n’amahanga avuga ko bafite agahinda batewe n’uko Minisiteri ifite ingengo y’imari mu nshingano zayo yanze kubagenera amafaranga y’ibirarane angana na 28% by’ayo bari bubone muri uku kwezi ku Ukuboza, 2024 kugeza rwagati.

Ati: ” Iyo ni imwe mu mpamvu zaduteye kwigaragambya nyuma yo kubona ko ibyo batwemereye bitakibonetse kandi mu ngo zacu dushonje”.

Abigaragambya basaba Leta kuba yabishyuye imyenda yose bitarenze Ukuboza, 2024.

Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko umuhati wayo wo kumva icyo Leta ibivugaho nta cyo wagezeho.

Icyakora abigaragambya bo barahiye ko batazasubira mu mirimo igihe cyose bazaba batarishyurwa ayabo.

TAGGED:AbakoziAmahangaCongoDRCImyigaragambyoMinisiteriY'ububanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abikorera Barasabwa Gukuba Kabiri Ibyoherezwa Hanze
Next Article Impinduka Mu Bava Mu Yisumbuye Bajya Muri Kaminuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?