Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abakozi Ba Minisiteri Y’Ububanyi N’Amahanga Bigaragambije

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2024 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guhera ku wa Gatatu Taliki 13, Ugushyingo, 2024 abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bari mu myigaragambyo kubera umushahara bita ‘intica ntikize’ kandi nawo utinda

Bavuga ko hari ibirarane by’imishahara Leta ibababereyemo  bityo ko kutabibishyura byabashonjesheje.

Kubera gusonza, abakozi ba Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’iki gihugu batangaje ko baretse kujya mu kazi Leta ikabanza kubishyura kuko mu ngo zabo inzara inuma.

Anicet Mulenda uyobora Sendika y’abakora mu rwego rw’ububanyi n’amahanga avuga ko bafite agahinda batewe n’uko Minisiteri ifite ingengo y’imari mu nshingano zayo yanze kubagenera amafaranga y’ibirarane angana na 28% by’ayo bari bubone muri uku kwezi ku Ukuboza, 2024 kugeza rwagati.

Ati: ” Iyo ni imwe mu mpamvu zaduteye kwigaragambya nyuma yo kubona ko ibyo batwemereye bitakibonetse kandi mu ngo zacu dushonje”.

Abigaragambya basaba Leta kuba yabishyuye imyenda yose bitarenze Ukuboza, 2024.

Radio Okapi dukesha iyi nkuru ivuga ko umuhati wayo wo kumva icyo Leta ibivugaho nta cyo wagezeho.

Icyakora abigaragambya bo barahiye ko batazasubira mu mirimo igihe cyose bazaba batarishyurwa ayabo.

TAGGED:AbakoziAmahangaCongoDRCImyigaragambyoMinisiteriY'ububanyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abikorera Barasabwa Gukuba Kabiri Ibyoherezwa Hanze
Next Article Impinduka Mu Bava Mu Yisumbuye Bajya Muri Kaminuza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?