Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2024 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aravuga ko mu ijoro ryakeye hari inkongi ikomeye yadutse mu gace kitwa Nyamugo mu Mujyi wa Bukavu, ikongora ibintu byinshi.

Umunyamakuru witwa Justin Kabumba avuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 10, Kamena, 2024 hari hagishya.

Kabumba yanditse kuri X ko intandaro yo gukomera k’uyu muriro ari uburyo aho hantu hubatswe mu kajagari.

Yunzemo ko ubwo abatabazi bazaga kuzimya bahuye n’ikibazo cy’uko nta mihanda myiza  ihari kandi akajagari k’imyubakire kakaba kabujije za kizimyamwoto kugera ku bakeneye ubutabazi mu buryo bworoshye.

Ni ahantu hari akajagari gakomeye ku buryo hari n’aho usanga hari ibidomoro birimo essence, ibi bikaba ari kimwe mu bikekwa ko byaba byatumye uyu muriro ukomera.

Umunyarwanda witwa Rwaka wakuriye muri aka gace yabwiye Taarifa  ko aka gace wakagereranya n’Ibiryogo by’i Nyamirambo.

Hariho Nyamugo I, Nyamugo II na Nyamugo III.

TAGGED:BukavuCongoDRCfeaturedInkongi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23
Next Article Narendra Modi Yarahiriye Kugira Ubuhinde Igitangaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?