Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Ahitwa Nyamugo Muri Bukavu Hakongotse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2024 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo aravuga ko mu ijoro ryakeye hari inkongi ikomeye yadutse mu gace kitwa Nyamugo mu Mujyi wa Bukavu, ikongora ibintu byinshi.

Umunyamakuru witwa Justin Kabumba avuga ko kugeza mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 10, Kamena, 2024 hari hagishya.

Kabumba yanditse kuri X ko intandaro yo gukomera k’uyu muriro ari uburyo aho hantu hubatswe mu kajagari.

Yunzemo ko ubwo abatabazi bazaga kuzimya bahuye n’ikibazo cy’uko nta mihanda myiza  ihari kandi akajagari k’imyubakire kakaba kabujije za kizimyamwoto kugera ku bakeneye ubutabazi mu buryo bworoshye.

Ni ahantu hari akajagari gakomeye ku buryo hari n’aho usanga hari ibidomoro birimo essence, ibi bikaba ari kimwe mu bikekwa ko byaba byatumye uyu muriro ukomera.

Umunyarwanda witwa Rwaka wakuriye muri aka gace yabwiye Taarifa  ko aka gace wakagereranya n’Ibiryogo by’i Nyamirambo.

Hariho Nyamugo I, Nyamugo II na Nyamugo III.

TAGGED:BukavuCongoDRCfeaturedInkongi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: MONUSCO Iri Kanyabayonga Mu Kurwanya M23
Next Article Narendra Modi Yarahiriye Kugira Ubuhinde Igitangaza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?