Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Corneille Nangaa Yasabiwe Urwo Gupfa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbutabera

DRC: Corneille Nangaa Yasabiwe Urwo Gupfa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2024 7:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubushinjacyaha bwa gisirikare muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bwasabiwe igihano cy’urupfu abantu 25 mu bantu 26 igihano cy’urupfu ku byaha bubarega birimo no kugambanira igihugu.

Ukomeye muri bo ni Corneille Nangaa uri mu mutwe witwa Alliance Fleuve Congo, AFC, yifatanyije na M23 ngo barwanye ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nangaa yasabiwe icyo gihano adahari mu gihe abenshi mu baregwa bo bitabye urwo rukiko rwa gisirikare riri ahitwa Kinshasa-Gombe.

Undi wasabiwe igihano kinini ni Nyirarume wa Nangaaa witwa Putters Nangaa wasabiwe gufungwa imyaka 20.

Sosiyete Sivile yasabye ko  abaregwa bakwiye no gutanga impuzamarira ya miliyari $1 ivunjwe mu mafaranga ya DRC kugira ngo ifashe abagizweho ingaruka n’ibyo abaregwa bashinjwa.

Ababuranira abaregwa basabye urukiko kubaha iminsi itanu yo gutegura neza urubanza kugira ngo bazaburane bafite ibisabwa byose ngo abo bunganira batsinde.

Urukiko rwo rwabemereye amasaha 24 ngo babe babitunganyije.

Urukiko rwa gisirikare rwa Kinshasa/Gombe rwatangiye kumva uru rubanza taliki 24, Nyakanga, 2024.

Mu bantu bose baregwa, batanu bonyine nibo baboneka mu rukiko mu buryo buhoraho n’aho abandi benshi bo baracyari mu mashyamba cyangwa hanze ya DRC bidegembya.

Ubushinjacyaha bubarega kwifatanya n’umutwe urwanya Leta witwa M23.

Bwasabye urukiko ko abadahari rwababuranisha ‘badahari’ nk’uko amategeko ya DRC abiteganya.

TAGGED:featuredNangaaUbushinjacyahaUrukikoUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwihagije Ku Mbuto Z’Ibigori, Soya N’Ingano- MINAGRI
Next Article Gatsibo: Ikibazo Cy’Amazi Make Kiri Gushakirwa Umuti Urambye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abimukira Ba Mbere Boherejwe Na Amerika Bageze Mu Rwanda

Perezida Wa Mozambique Yasuye Uruganda Rw’u Rwanda Rutunganya Zahabu

Musanze: Babwiye Polisi Ikibatera Kwiba

Bukavu: Abantu Bahiriye Mu Nzu

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?