Taarifa yamenye ko kuri uyu wa Mbere taliki 11, Nzeri, 2023 ari bwo dosiye ya Denis Kazungu yagejejwe mu bushinjacyaha. Akurikiranyweho ubwicanyi, gukoresha undi imibonano mpuzabitsina...
Ubugenzacyaha bw’u Rwanda bwerekanye abantu barindwi bafashwe bakurikiranyweho kwiba abantu telefoni zabo. Barimo abamotari babiri, ukora ku iposita, ufite ubumuga n’abandi. RIB yavuze ko abamotari bakoraga...
Ibyo kongerera ubushobozi Urwego rw’ubugenzacyaha biherutse kuvugirwa mu biganiro byahuje abayobozi bakuru ba RIB na Minisiteri y’ubutabera byamaze iminsi itatu. Hari hagamijwe kuganira kuri ejo hazaza...
Ubushinjacyaha mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa bwasabiye Philippe Hategekimana igihano cyo gufungwa burundu kubera uruhare avugwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi. Abashinjacyaha bamushinja Jenoside...
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, ruvuga ko rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye ya Turahirwa Moses ukurikiranyweho ibyaha by’inyandiko mpimbano no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu yamamaye cyane mu mideli ubwo yashingaga...