Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Imiti Ifite Agaciro Ka Miliyoni $ 1 Yakongokeye Mu Bubiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Imiti Ifite Agaciro Ka Miliyoni $ 1 Yakongokeye Mu Bubiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2024 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya  bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera.

Iyi nkongi yabaye ku Cyumweru taliki 04, Kanama, 2024 mu ijoro rishyira uwa Gatanu nk’uko Dr. Aimé Eyane uyobora ubwo bubiko yabyemeje.

Kizimyamwoto yahageze mu gitondo saa kumi n’ebyiri isanga nta muti n’umwe ukiri muzima, yose yahiye.

Iyi miti yari iyo kurwanya igituntu, SIDA, malaria na COVID-19.

Ikindi ni uko ubwo abaturage babonaga iby’uwo muriro bahise batangira gusahura bimwe mu bikoresho by’aho bitari byafashwe n’umuriro.

Ububiko bwahiye bwari bufite ubushobozi bwo guha imiti abatuye mu bice 23 bigize Intara ya Tshopo ndetse no mu bice bike by’Intara ya Maniema.

Radio Okapi ivuga ko intandaro y’iyi nkongi itaramenyekana.

TAGGED:CongoDRCImitiInkongiUbubiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pasiteri Wafunguye Urusengero Rwari Rwarafunzwe Na RGB Yafunzwe
Next Article Igihombo Giterwa N’Ibyo u Rwanda Rutumiza Hanze Kiyongereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu mahanga

Imikino Ya NBA Igiye Gusubukurwa Mu Bushinwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Macron Mu Ihurizo Ryo Kubona Minisitiri W’Intebe Uhamye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?