Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Imiti Ifite Agaciro Ka Miliyoni $ 1 Yakongokeye Mu Bubiko
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Imiti Ifite Agaciro Ka Miliyoni $ 1 Yakongokeye Mu Bubiko

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 August 2024 12:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ububiko bw’ikigo kitwa Centrale de Distribution des Médicaments de Kisangani (CAMEKIS) buherutse gushya  bwose imiti yari iburimo ifite agaciro ka miliyoni $1 iratokombera.

Iyi nkongi yabaye ku Cyumweru taliki 04, Kanama, 2024 mu ijoro rishyira uwa Gatanu nk’uko Dr. Aimé Eyane uyobora ubwo bubiko yabyemeje.

Kizimyamwoto yahageze mu gitondo saa kumi n’ebyiri isanga nta muti n’umwe ukiri muzima, yose yahiye.

Iyi miti yari iyo kurwanya igituntu, SIDA, malaria na COVID-19.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi ni uko ubwo abaturage babonaga iby’uwo muriro bahise batangira gusahura bimwe mu bikoresho by’aho bitari byafashwe n’umuriro.

Ububiko bwahiye bwari bufite ubushobozi bwo guha imiti abatuye mu bice 23 bigize Intara ya Tshopo ndetse no mu bice bike by’Intara ya Maniema.

Radio Okapi ivuga ko intandaro y’iyi nkongi itaramenyekana.

TAGGED:CongoDRCImitiInkongiUbubiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pasiteri Wafunguye Urusengero Rwari Rwarafunzwe Na RGB Yafunzwe
Next Article Igihombo Giterwa N’Ibyo u Rwanda Rutumiza Hanze Kiyongereye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?