Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 May 2025 6:20 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibi biremezwa n’Umudepite wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Grâce Neema wabwiye uhagarariye UNHCR muri gihugu cye ko mu Ntara ya Bas -Uele hari kwinjira impunzi nyinshi ziva muri Centrafrique.

Kandi avuga ko ikibazo gihari ari uko abahunga basanga batarateguriwe neza aho bazaba n’uko bazabaho, akifuza ko hagira igikorwa kugira ngo babeho neza, batazateza ibibazo abo basanze.

Abenshi mu binjira batunguka ahitwa Zapay, iri ahitwa Sasa, muri Teritwari ya Ango, mu Ntara ya Bas-Uele.

Depite Neema usanzwe uhagarariye iriya Ntara mu Nteko avuga ko igiteye inkeke kurushaho ari uko abahunga Centrafrique baza ari benshi kuko mu gihe gito bamaze kuba 47 000.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: ” Turi mu gihe kibi kandi gishobora kuba kibi kurushaho niba nta gikozwe”.

Radio Okapi yanditse ko Depite Neema yari aherutse kugeza ku Nteko ubusabe bw’uko ikibazo kiri mu Ntara ahagarariye cyakwitabwaho mu maguru mashya.

Centrafrique iherereye mu Majyaruguru ya DRC.

Umupaka ugabanya DRC na Centrafrique ureshya na Kilometero 1,747, intara zayo zikora kuri DRC ni Mbomou, Haut-Mbomou, Basse-Kotto na Lobaye.

Hari kandi inzuzi zigabanya ibi bihugu ari zo Ubangi na Mbomou.

- Advertisement -
TAGGED:AbaturageCentrafriqueDepiteDRCfeaturedGuhungaImpunzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC Irataka Ko Impunzi Z’Abanya Centrafrique Zinjira Ku Bwinshi

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

Dangote Akomeje Kuyobora Abaherwe Ba Afurika

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?