Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Zahabu niryo buye ry'agaciro ryinjiriza u Rwanda amadolari($) menshi
SHARE

Sosiyete Sivile yo muri Walikale( ni Muri Kivu y’Amajyaruguru) yatanze impuruza kuri Guverinoma ko hari zahabu imaze iminsi icukurwa mu kaduruvayo, bityo ko harebwa uburyo yacukurwa mu buryo bunoze.

Ivuga ko gucukura iri buye mu buryo buboneye byakumira ba rusahuriramunduru bayicukura nabi kandi ntibasore.

Amakuru atangwa n’abantu bo muri Sosoyete sivile y’aho hantu avuga ko muri kwezi hacukurwa hagati y’ikilo kimwe n’ibilo bibiri bya zahabu.

Radio Okapi ivuga ko buriya bucukuzi bukorerwa mu bice bitandukanye bya Walikale birimo ahitwa Muchele-Muchele, Mpito, Sous-Sol, Angwetu, Matungu, Angoa na Omate.

Hamwe mu hantu hari ibirombe bikomeye bya zahabu icukurwa mu kajagari.

Bukorerwa kandi no mu migezi iri hafi aho ya Lowa, Oso na Luka.

Sosiyete sivile yo muri iki gice ivuga ko Leta ikwiye gushyiraho uburyo bwo gukurikirana aho zahabu ivanwa kandi bikamenyekana ko yageze mu ruganda ruyitunganya Leta izi neza.

TAGGED:AmabuyeDRCSosiyeteWalikaleZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Col Simba Wishe Abatutsi B’i Kaduha Yapfuye
Next Article SONARWA Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Muzaze Dushimire Imana Ibyiza Yagejeje Ku Gihugu-Amb Murigande

Kagame Yaganiriye Na Mugenzi We Wa Mozambique

Perezida Wa Mozambique Yatangiye Uruzinduko Mu Rwanda

Uburundi Bugiye Kubaka Gariyamoshi

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?