Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Zahabu niryo buye ry'agaciro ryinjiriza u Rwanda amadolari($) menshi
SHARE

Sosiyete Sivile yo muri Walikale( ni Muri Kivu y’Amajyaruguru) yatanze impuruza kuri Guverinoma ko hari zahabu imaze iminsi icukurwa mu kaduruvayo, bityo ko harebwa uburyo yacukurwa mu buryo bunoze.

Ivuga ko gucukura iri buye mu buryo buboneye byakumira ba rusahuriramunduru bayicukura nabi kandi ntibasore.

Amakuru atangwa n’abantu bo muri Sosoyete sivile y’aho hantu avuga ko muri kwezi hacukurwa hagati y’ikilo kimwe n’ibilo bibiri bya zahabu.

Radio Okapi ivuga ko buriya bucukuzi bukorerwa mu bice bitandukanye bya Walikale birimo ahitwa Muchele-Muchele, Mpito, Sous-Sol, Angwetu, Matungu, Angoa na Omate.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Hamwe mu hantu hari ibirombe bikomeye bya zahabu icukurwa mu kajagari.

Bukorerwa kandi no mu migezi iri hafi aho ya Lowa, Oso na Luka.

Sosiyete sivile yo muri iki gice ivuga ko Leta ikwiye gushyiraho uburyo bwo gukurikirana aho zahabu ivanwa kandi bikamenyekana ko yageze mu ruganda ruyitunganya Leta izi neza.

TAGGED:AmabuyeDRCSosiyeteWalikaleZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Col Simba Wishe Abatutsi B’i Kaduha Yapfuye
Next Article SONARWA Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?