Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC: Muri Walikale Hari Zahabu Yabuze Gicukura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2023 9:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Zahabu niryo buye ry'agaciro ryinjiriza u Rwanda amadolari($) menshi
SHARE

Sosiyete Sivile yo muri Walikale( ni Muri Kivu y’Amajyaruguru) yatanze impuruza kuri Guverinoma ko hari zahabu imaze iminsi icukurwa mu kaduruvayo, bityo ko harebwa uburyo yacukurwa mu buryo bunoze.

Ivuga ko gucukura iri buye mu buryo buboneye byakumira ba rusahuriramunduru bayicukura nabi kandi ntibasore.

Amakuru atangwa n’abantu bo muri Sosoyete sivile y’aho hantu avuga ko muri kwezi hacukurwa hagati y’ikilo kimwe n’ibilo bibiri bya zahabu.

Radio Okapi ivuga ko buriya bucukuzi bukorerwa mu bice bitandukanye bya Walikale birimo ahitwa Muchele-Muchele, Mpito, Sous-Sol, Angwetu, Matungu, Angoa na Omate.

Hamwe mu hantu hari ibirombe bikomeye bya zahabu icukurwa mu kajagari.

Bukorerwa kandi no mu migezi iri hafi aho ya Lowa, Oso na Luka.

Sosiyete sivile yo muri iki gice ivuga ko Leta ikwiye gushyiraho uburyo bwo gukurikirana aho zahabu ivanwa kandi bikamenyekana ko yageze mu ruganda ruyitunganya Leta izi neza.

TAGGED:AmabuyeDRCSosiyeteWalikaleZahabu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Col Simba Wishe Abatutsi B’i Kaduha Yapfuye
Next Article SONARWA Yahawe Umuyobozi Mushya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kera Kabaye Ibiribwa N’Imiti Byemerewe Kwinjira Muri Gaza Ku Bwinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?