Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Afurika y’Epfo: Abishwe N’Ikamyo Yaturitse Itwaye Essence Bageze Kuri 34
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Afurika y’Epfo: Abishwe N’Ikamyo Yaturitse Itwaye Essence Bageze Kuri 34

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 3:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Bucya haba Noheli y’umwaka wa 2022, muri Afurika y’epfo habaye impanuka ikomeye yatewe n’uko ikamyo yari ipakiye essence yaturitse. Imibare itangazwa na Polisi n’abakora mu rwego rw’ubuzima ivuga ko abantu 34 ari bo  bamaze guhitanwa n’uriya muriro.

Imibare yatangwaga mbere n’ibinyamakuru birimo na EWN yavugaga ko abantu 23 ari bo bahise bahagwa, nyuma iyo mibare iza guhinduka iba abantu 27, ariko ubu haravugwa abantu 34.

Birashoboka ko mu gihe kiri  imbere hari indi izatangazwa.

Kuba harabarurwa abantu barenga 20 bakomeretse kandi nabo bishoboka ko hari abaza kuhasiga ubuzima kubera ko bakomeretse cyane.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abayobozi ba Politiki n’ab’amadini basengeye abahasize ubuzima.

Polisi ivuga ko uwari utwaye iriya kamyo yaje gufatwa kuko we yari yayisohotsemo mbere y’uko iturika.

Mu kugenzura ibyangombwa bye Polisi yasanze bituzuye, bityo ikaba yaratangiye kumukoraho iperereza.

Afurika y’Epfo isanzwe ibarizwa mu bihugu bibamo impanuka nyinshi kandi ku rwego rw’isi.

Umubare w’abo zihitana, uza wiyongera ku bicwa n’abagizi ba nabi kubera urugomo ruba muri kiriya gihugu.

- Advertisement -

Minisitiri w’ubuzima witwa Joe Phaahla avuga ko imibare bahabwa n’ibitaro byakiriye abakomeretse yerekana ko  bamwe muri bo bafite ibikomere bikomeye ‘bityo ko inzira ikiri ndende.’

TAGGED:AfurikaEpfoEssenceIkamyoImpanuka
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uhagarariye DRC Mu Bufaransa Yasabwe Gutaha
Next Article Suwede Yagabanyirije Ibihano Ukekwaho Jenoside Yakorewe Abatutsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Uganda: Abaturage Bagiye Guhabwa Irangamuntu Nshya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu mahanga

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?