Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo guhangana na M23 ikomeje kububera ibamba, ubutegetsi bwa DRC buravugwaho kugura mu Bushinwa indege z’intambara zidapfa kubonwa na radars bita drones zo mu bwoko bwa CASC Rainbow CH-4.

Africa Intelligence yanditse ko atari izi ndege gusa ubuyobozi bw’i Kinshasa bwashatse mu rwego rwo guhangana na M23 ahubwo hari n’abarwanyi bo muri Roumania bikorera ku giti cyabo ariko bakorana n’ingabo z’Abafaransa.

Aba basirikare b’Abafaransa bakorera mu mutwe wa ba kabuhariwe witwa Légion Etrangère.

Mu minsi ishize hari izindi ntwaro Turikiya yahaye izindi ntwaro ingabo za DRC.

Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo yisuganye k’uburyo nibona ko ibiganiro by’amahoro byanze buheri heri, izarwana umuhenerezo na M23 bigaca iyo byagaciye.

Ku rundi ruhande, Perezida Tshisekedi ari gukorana na mugenzi we uyobora Angola ndetse n’uyobora Afurika y’Epfo ngo bazamufashe kumvisha SADC ko yamufasha mu kibazo ariko kubera ko ngo asanga atakwizera ko  EAC izamuha ‘ibisubizo yifuza.’

TAGGED:BushinwaCongoIndegeIntambara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Itorero Ryo Ku Mudugudu Ryabaye Baringa?
Next Article Nyamagabe: ‘Yishe’ Umugabo We Amutaba Mu Gikari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?