Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yaguze Drones Mu Bushinwa Zo Kwivuna M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2023 10:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo guhangana na M23 ikomeje kububera ibamba, ubutegetsi bwa DRC buravugwaho kugura mu Bushinwa indege z’intambara zidapfa kubonwa na radars bita drones zo mu bwoko bwa CASC Rainbow CH-4.

Africa Intelligence yanditse ko atari izi ndege gusa ubuyobozi bw’i Kinshasa bwashatse mu rwego rwo guhangana na M23 ahubwo hari n’abarwanyi bo muri Roumania bikorera ku giti cyabo ariko bakorana n’ingabo z’Abafaransa.

Aba basirikare b’Abafaransa bakorera mu mutwe wa ba kabuhariwe witwa Légion Etrangère.

Mu minsi ishize hari izindi ntwaro Turikiya yahaye izindi ntwaro ingabo za DRC.

Repubulika ya Demukarasi ya Congo iri gukora uko ishoboye ngo yisuganye k’uburyo nibona ko ibiganiro by’amahoro byanze buheri heri, izarwana umuhenerezo na M23 bigaca iyo byagaciye.

Ku rundi ruhande, Perezida Tshisekedi ari gukorana na mugenzi we uyobora Angola ndetse n’uyobora Afurika y’Epfo ngo bazamufashe kumvisha SADC ko yamufasha mu kibazo ariko kubera ko ngo asanga atakwizera ko  EAC izamuha ‘ibisubizo yifuza.’

TAGGED:BushinwaCongoIndegeIntambara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ese Itorero Ryo Ku Mudugudu Ryabaye Baringa?
Next Article Nyamagabe: ‘Yishe’ Umugabo We Amutaba Mu Gikari
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?