Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yaguze Izindi Ntwaro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yaguze Izindi Ntwaro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 February 2024 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Video iri kuri X irerekana abaturage baje ku muhanda kwishimira imodoka z’intambara zirimo intwaro bivugwa ari izo ingabo za DRC ziherutse gutumiza.

Abaturage bari benshi ku muhanda bakomera amashyi abasirikare batambukaga bari muri izo modoka, abandi biruka n’amaguru bafite imbunda mu ntoki kandi bambaye nk’abishimiye icyo gikorwa cy’ubutwari.

Amwe mu majwi y’abaturage bari baje aho ibyo babereye, barumvikana mu Ilingala bavuga ko u Rwanda rwa Kagame rugiye guhura n’ibibazo, ko abishatse yahindura ‘discours.’

#RDC 🇨🇩des congolais qui acclament au passage d'un nouvel arsenal militaire #FARDC. pic.twitter.com/XUvegfKCV9

— Justin KABUMBA (@kabumba_justin) February 24, 2024

Iby’izi ntwaro bitangajwe nyuma y’igihe gito cyane Perezida Tshisekedi atangaje ko ibyo gutera u Rwanda atakibishyira mu biza ku mwanya wa mbere ahubwo ko ashaka ko ibiganiro by’amahoro ari byo byimakazwa.

Ibi aherutse kubitangariza mu kiganiro yahaye abanyamakuru kuri uyu wa Kane cyari kiyobowe na Minisitiri ushinzwe itumanaho Patrice Muyaya.

Tshisekedi yari aherutse kuvuga ko nta ntambara agiteganya ku Rwanda

Hagati aho kandi byitezwe ko Perezida w’Umuryango w’Afurika y’Uburasirazuba, Salva Kirr(asanzwe ayobora na Sudani y’Epfo) ari bugere i Kinshasa mu ruzinduko rw’akazi rugamije kunga u Rwanda, Uburundi na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Yabanje mu Rwanda, akomereza mu Burundi akaza kurangiriza urugendo rwe i Kinshasa.

Kirr ari guhuza ibi bihugu

Mu Cyumweru kizatangira kuri uyu wa Mbere taliki 26, Gashyantare, 2024 hari Inama y’Abakuru b’ibihugu birebwa n’ikibazo kiri mu Burasirazuba bwa DRC  izabera i Luanda muri Angola kwa Joao Lorenco wagizwe umuhuza mu kibazo cya DRC, izi nshingano akaba yarazihawe n’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe.

Perezida wa Angola mu minsi yatambutse yasuye u Rwanda
TAGGED:DRCfeaturedIntwaroPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itamar Wo Muri Israel Atwaye Akandi Gace Muri Tour Du Rwanda
Next Article Umukunzi Wa Miss Naomie Yafashe Irembo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?