Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: DRC Yongeye Yanga Kuzaganira Na M23
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

DRC Yongeye Yanga Kuzaganira Na M23

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 April 2023 10:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uhagarariye Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo mu biganiro bimaze iminsi bibera i Nairobi witwa Sèrge Tshibangu avuga ko mu biganiro bya Nairobi bizaba ku nshuro ya kane( Nairobi 4) nta M23 bashaka mo.

Tshibangu avuga ko Guverinoma ya DRC idashobora kuganira na M23 kuko itayemera.

Avuga ko imyiteguro y’ibi biganiro igeze kure.

Amakuru yri amaze iminsi avugwa, yemezaga ko M23 izaba ihagarariwe.

Ibyo Sèrge Tshibangu yabwiye Radio Okapi bivuga  ko amasezerano yasinywe ku kibazo cya M23 avuga ko mu byo basezeranye harimo ko M23 igomba kuva mu birindiro byose igasubira muri Sabyinyo.

Abayobozi ba M23 ariko bigeze kubyamaganira kure.

Imyiteguro y’iriya nama iri gutegurirwa mu Mujyi wa Goma, uwa Uvira, uwa Beni, uwa Bukavu na Bunia.

Tshibangu yavuze ko abayobozi batumiwe muri iriya barimo uruhande rwa Kenya, urwa EAC, urwa MONUSCO  n’abandi.

Yagize ati: “ Ndagira ngo mvuge ko nta M23 tuzaganira nayo. Ikindi ni  uko ibizaganirwaho ari ibikubiye mu itangazo ryasohowe mu masezerano yaherukaga kuganirirwa i Luanda yasohowe taliki 23, Ugushyingo, 2022.”

Muri yo handitsemo ko M23 igomba guhagarika imirwano bidasubirwaho.

Ibya M23 bihanzwe amaso na benshi!

TAGGED:DRCfeaturedImyiteguroM23
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RIB Yafunze Umuyobozi Uvugwaho Gusambanira Mu Ruhame
Next Article Rubavu: Ingengabitekerezo Ihangayikishije Abarokotse Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?