Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dushima Ko Dufite Leta Idushyigikiye- Perezida W’Urugaga Rw’Abakorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Dushima Ko Dufite Leta Idushyigikiye- Perezida W’Urugaga Rw’Abakorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 May 2022 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Robert Bafakulera uyobora Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda avuga ko abikorera ku giti cyabo mu Rwanda bafite amahirwe yo gukora bisanzuye kandi batekanye kubera ko Leta ibashyigikiye.

Yabivugiye mu mwiherero uri guhuza abakorera ku giti cyabo uri kubera mu Karere ka Bugesera.

Bafakulera ati: “Dufite amahirwe y’uko Guverinoma yacu ituri inyuma kandi ntibiba henshi ku isi.”

Avuga ko muri iki gihe abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda bafite uburyo bwose bwo gutera imbere binyuze mu gukoresha serivisi zihabwa Abanyarwanda muri rusange.

Abakorera bahagarariye abandi bari mu mwiherero uri kubera mu Bugesera

Umwe mu bashyitsi baganirije abari muri uriya mwiherero ni General James Kabarebe.

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen Kabarebe yababwiye ko nyuma ya  Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, nta muntu wakekaga ko u Rwanda rwaba uko rumeze muri iki gihe.

Gen. James Kabarebe yasabye  abikorera kongera umurego mu byo bakora kuko bafatiye runini ubukungu bw’igihugu n’imibereho myiza y’abaturage.

#HappeningNow:
Gen. @KabarebeJames is now addressing the #PSFRetreat22 participants

" Our Country had a well structured Administration from the grassroot level but when colonialists came the economy and entire country was completely destroyed" pic.twitter.com/6TirM1B6Tj

— PSF Rwanda (@PSF_Rwanda) May 9, 2022

Icyiciro cya mbere cy’ibiganiro byahuje abagize Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo cyaganiwe mo uko abikorera ku giti cyabo bakomeza ubufatanye.

Ni umwiherero watangiye taliki 08 kugeza taliki 10, Gicurasi, 2022.

Bari  kuganira no kuganirizwa ku nshingano zabo zo gukemura ibibazo by’abacuruzi ku nzego zose batoreweho kugira ngo ubucuruzi buzamuke.

RDB Yaganiriye N’Abanyemari Bakomeye Uko Bazabyaza Umusaruro Inama Za CHOGM

TAGGED:AbikoreraBafakurelaBugeserafeaturedKabarebePSF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyanja: Ububiko Bw’Ibinyabuzima Byinshi Bitaravumburwa
Next Article Umwe Mu Babaye Miss Rwanda Arafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nick Ngendahayo Ari Gutegura Igitaramo Kirangiza Umwaka Kizabera I Kigali 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Netanyahu Ati: ‘Abanzi Bacu Bamenye Ko Tutujya Twibagirwa’

U Rwanda Rugiye Kubaka Icyanya Cy’Inganda Kizatunganya Impu

Inzitizi Abo Muri DRC Babona Mu Kwambura FDLR Intwaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ingingo Z’Ingutu Zitegereje Trump Mu Kumvikanisha Hamas Na Israel 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abanya Israel Ba Mbere Batwawe Na Hamas Barekuwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Israel: Baritegura Kwakira Trump Nk’Umwami

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?