Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Dushima Ko Dufite Leta Idushyigikiye- Perezida W’Urugaga Rw’Abakorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Dushima Ko Dufite Leta Idushyigikiye- Perezida W’Urugaga Rw’Abakorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 May 2022 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Robert Bafakulera uyobora Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo mu Rwanda avuga ko abikorera ku giti cyabo mu Rwanda bafite amahirwe yo gukora bisanzuye kandi batekanye kubera ko Leta ibashyigikiye.

Yabivugiye mu mwiherero uri guhuza abakorera ku giti cyabo uri kubera mu Karere ka Bugesera.

Bafakulera ati: “Dufite amahirwe y’uko Guverinoma yacu ituri inyuma kandi ntibiba henshi ku isi.”

Avuga ko muri iki gihe abikorera ku giti cyabo bo mu Rwanda bafite uburyo bwose bwo gutera imbere binyuze mu gukoresha serivisi zihabwa Abanyarwanda muri rusange.

Abakorera bahagarariye abandi bari mu mwiherero uri kubera mu Bugesera

Umwe mu bashyitsi baganirije abari muri uriya mwiherero ni General James Kabarebe.

Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano Gen Kabarebe yababwiye ko nyuma ya  Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, nta muntu wakekaga ko u Rwanda rwaba uko rumeze muri iki gihe.

Gen. James Kabarebe yasabye  abikorera kongera umurego mu byo bakora kuko bafatiye runini ubukungu bw’igihugu n’imibereho myiza y’abaturage.

#HappeningNow:
Gen. @KabarebeJames is now addressing the #PSFRetreat22 participants

" Our Country had a well structured Administration from the grassroot level but when colonialists came the economy and entire country was completely destroyed" pic.twitter.com/6TirM1B6Tj

— PSF Rwanda (@PSF_Rwanda) May 9, 2022

Icyiciro cya mbere cy’ibiganiro byahuje abagize Federasiyo y’abikorera ku giti cyabo cyaganiwe mo uko abikorera ku giti cyabo bakomeza ubufatanye.

Ni umwiherero watangiye taliki 08 kugeza taliki 10, Gicurasi, 2022.

Bari  kuganira no kuganirizwa ku nshingano zabo zo gukemura ibibazo by’abacuruzi ku nzego zose batoreweho kugira ngo ubucuruzi buzamuke.

RDB Yaganiriye N’Abanyemari Bakomeye Uko Bazabyaza Umusaruro Inama Za CHOGM

TAGGED:AbikoreraBafakurelaBugeserafeaturedKabarebePSF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inyanja: Ububiko Bw’Ibinyabuzima Byinshi Bitaravumburwa
Next Article Umwe Mu Babaye Miss Rwanda Arafunzwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?