Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2022 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima muri Uganda ivuga ko hari abandi bantu batatu bishwe na Ebola. Byatangajwe na Emmanuel Ainebyoona  akaba ari umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’ubuzima  muri Uganda.

Kugeza ubu abantu 11 nibo imaze guhitana

Hari bamwe muri bo byamaze kwemezwa ko ari Ebola nyirizina yabahitanye mu gihe hari abandi ‘bikekwa’ ko ari yo.

Chimp Reports ivuga ko umuvugizi wa Ministeri y’Ubuzima yavuze ko muri bariya 11 bapfuye, abagera ku munani baguye mu ngo zabo naho batatu gusa nibo bapfiriye kwa muganga.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ati: “Kugeza ubu abantu 25 bajyanywe kwa muganga, muri bo batandatu byemejwe ko banduye Ebola, naho abandi 19 bayikekwaho.”

Ainebyoona yavuze ko hari itsinda ry’abakozi ba Ministeri y’Ubuzima riri  gukora urutonde rw’abantu baba barahuye n’abo byemejwe ko banduye Ebola.

Hamaze gukorwa urutonde rw’abantu 58 bahuye n’abantu banduye Ebola.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo Uganda yatangaje ko hagaragaye umurwayi wa Ebola nyuma y’imyaka 10 iki cyorezo byemejwe ko cyacitse.

TAGGED:AbarwayiEbolafeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kajugujugu Y’Ingabo Za Uganda Yakoze Impanuka
Next Article Comedy Knights Yadukanye Urwenya Yise ‘Bitu Biko’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?