Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ebola Ikomeje Kwica Abantu Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 September 2022 1:48 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima muri Uganda ivuga ko hari abandi bantu batatu bishwe na Ebola. Byatangajwe na Emmanuel Ainebyoona  akaba ari umwe mu bayobozi muri Minisiteri y’ubuzima  muri Uganda.

Kugeza ubu abantu 11 nibo imaze guhitana

Hari bamwe muri bo byamaze kwemezwa ko ari Ebola nyirizina yabahitanye mu gihe hari abandi ‘bikekwa’ ko ari yo.

Chimp Reports ivuga ko umuvugizi wa Ministeri y’Ubuzima yavuze ko muri bariya 11 bapfuye, abagera ku munani baguye mu ngo zabo naho batatu gusa nibo bapfiriye kwa muganga.

Ati: “Kugeza ubu abantu 25 bajyanywe kwa muganga, muri bo batandatu byemejwe ko banduye Ebola, naho abandi 19 bayikekwaho.”

Ainebyoona yavuze ko hari itsinda ry’abakozi ba Ministeri y’Ubuzima riri  gukora urutonde rw’abantu baba barahuye n’abo byemejwe ko banduye Ebola.

Hamaze gukorwa urutonde rw’abantu 58 bahuye n’abantu banduye Ebola.

Mu ntangiriro z’iki cyumweru nibwo Uganda yatangaje ko hagaragaye umurwayi wa Ebola nyuma y’imyaka 10 iki cyorezo byemejwe ko cyacitse.

TAGGED:AbarwayiEbolafeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kajugujugu Y’Ingabo Za Uganda Yakoze Impanuka
Next Article Comedy Knights Yadukanye Urwenya Yise ‘Bitu Biko’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?