Amaraso ni urugingo rw’ingenzi rutuma n’izindi ngingo zigerwaho n’ibizitunga. Iyo umuntu akomeretse agatakaza amaraso menshi cyangwa umubyeyi uri kubyara bamubaze akagira ayo atakaza, akenera ko bamutera...
Leta y’u Rwanda ibinyujije muri Minisiteri y’Ubuzima itangaza ko hari kwigwa uko ibintu byahuzwa k’uburyo gahunda z’igihe kirekire zahabwaga abarwayi bagomba kubarwa zagabanyirizwa igihe. Abarwayi bari...
AVEGA n’Ibitaro bya Kibagabaga bari mu bufatanye bwo gusuzuma abaturage cancer y’inkondo y’umura(abakobwa n’abagore) ndetse na Hepatite. Abagore cyangwa abakobwa basuzumwa cancer y’inkondo y’umura ni abafite...
Abayobozi mu nzego z’ubuzima mu Bushinwa batangaje ko mu mujyi wa Wuhan mu Ntara ya Hubei hongeye kugaragara abantu banduye COVID-19. Hamaze kubarurwa abantu 300 mu...
*Umuyobozi w’ibitaro yahinduwe, *Umwe Mu Barwaza Barwaje Abarwayi Ba COVID-19 Mu Bitaro Bya Kibagabaga Nawe Yayanduye, *Hari umurwayi wari urwajwe n’utanduye wajyanywe i Kanyinya… Kare kare...