Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Yageze Muri Guinea
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ebola Yageze Muri Guinea

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2021 1:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi mike virus ya Ebola yongeye kuvugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, ikaba imaze kwica abantu batatu, iki cyorezo kiravugwa no muri Guinea. Si ubwa mbere kivuzwe muri kiriya gihugu kuko muri 2015 cyahahitanye abandi batari bake.

Ebola yabonetse mu gace ka Gueckedou kari mu Majyepfo ya Guinea, hari ya Côte d’Ivoire na Liberia.

Kugeza ubu  inzego z’ubuzima muri kiriya gihugu zivuga ko hari umuntu umwe wamaze kujyanwa mu bitaro kuko arembye.

Virus ya Ebola iri mu zandura vuba, zikica vuba kandi mu buryo buteye ubwoba.

N’ubwo ibinyamakuru byo muri kiriya gihugu bitangaza ko icyorezo kiri muri kiriya gihugu ari Ebola, Minisitiri w’ubuzima wacyo  Rémy Lamah  atangaza ko bataremeza niba ari cyo cyangwa atari cyo.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima cyayangaje ko umuntu wapfuye bwa mbere bigakekwa ko yazize kiriya cyorezo ari umuforomo.

Abamushyinguye nabo ntibamaze igihe kinini bataragaragaza ibimenyetso bya kiriya cyorezo

Umuyobozi wa kiriya kigo cy’ubuzima muri Guinea witwa Sory Keira yabwiye  Guinéenews ko ibizamini bapimwe kuri bariya bantu basanze byerekana ko banduye Ebola.

Amakuru y’uko Ebola yaba yageze muri Guinea yateye ubwoba abatuye muri Sierra Leone kuko ari abaturanyi Guinea kandi bakaba bataribagirwa ibyo yabakoreye hagati ya 2014 na 2016.

TAGGED:EbolafeaturedIcyorezo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni ‘Arashinjwa Gukomeza’ Kurigisa Abaturage
Next Article Zimwe Mu Mvubu Zo Mu Akagera Zigiye Kuraswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

You Might Also Like

Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?