Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ebola Yageze Muri Guinea
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ebola Yageze Muri Guinea

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 February 2021 1:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’iminsi mike virus ya Ebola yongeye kuvugwa muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo, ikaba imaze kwica abantu batatu, iki cyorezo kiravugwa no muri Guinea. Si ubwa mbere kivuzwe muri kiriya gihugu kuko muri 2015 cyahahitanye abandi batari bake.

Ebola yabonetse mu gace ka Gueckedou kari mu Majyepfo ya Guinea, hari ya Côte d’Ivoire na Liberia.

Kugeza ubu  inzego z’ubuzima muri kiriya gihugu zivuga ko hari umuntu umwe wamaze kujyanwa mu bitaro kuko arembye.

Virus ya Ebola iri mu zandura vuba, zikica vuba kandi mu buryo buteye ubwoba.

N’ubwo ibinyamakuru byo muri kiriya gihugu bitangaza ko icyorezo kiri muri kiriya gihugu ari Ebola, Minisitiri w’ubuzima wacyo  Rémy Lamah  atangaza ko bataremeza niba ari cyo cyangwa atari cyo.

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima cyayangaje ko umuntu wapfuye bwa mbere bigakekwa ko yazize kiriya cyorezo ari umuforomo.

Abamushyinguye nabo ntibamaze igihe kinini bataragaragaza ibimenyetso bya kiriya cyorezo

Umuyobozi wa kiriya kigo cy’ubuzima muri Guinea witwa Sory Keira yabwiye  Guinéenews ko ibizamini bapimwe kuri bariya bantu basanze byerekana ko banduye Ebola.

Amakuru y’uko Ebola yaba yageze muri Guinea yateye ubwoba abatuye muri Sierra Leone kuko ari abaturanyi Guinea kandi bakaba bataribagirwa ibyo yabakoreye hagati ya 2014 na 2016.

TAGGED:EbolafeaturedIcyorezo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Museveni ‘Arashinjwa Gukomeza’ Kurigisa Abaturage
Next Article Zimwe Mu Mvubu Zo Mu Akagera Zigiye Kuraswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?