Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Arashaka Uwamurangira Ikindi Kigo Agura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaMu mahanga

Elon Musk Arashaka Uwamurangira Ikindi Kigo Agura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2024 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuherwe Elon Musk arasaba abamukurikira ku rubuga rwe X kumuha igitekerezo cy’ikindi kigo yagura.

Kuri uru rubuga yahashyizeho ifoto ye yicaye mu madolari($) angana na Miliyari 42, akavuga ko abamukurikira baba bagize neza baramutse bamuhaye igitekerezo cy’ikindi kigo yagura.

Asanganywe ibigo bitatu bikomeye bikora ikoranabuhanga birimo Space X, Tesla na X, iyi ikaba yarahoze ari Twitter.

Ajya kugura Twitter, yabanje kubivuga asa nutebya ariko biza kurangira ayiguze n’ubwo kugira ngo ifatishe byabanje kumugora kuko yifuzaga ko buri kintu cyose kiyikoreweho gikwiye kwishyura kandi abantu batari babimenyereye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kubera izina yari yaranditse, byaje kuba ngombwa ko abantu bakomeza gukoresha X kuko nta handi hari buboneke amakuru nk’ayo itanga.

Mu bitekerezo abamukurikira kuri X bahise batanga, bamusabye ko yagura YouTube akayita X-Tube, cyangwa akagura CNN akayita XCNN undi amusaba kugura Google akayambura ubushobozi bwo kujya iha za Guverinoma amakuru ku baturage.

Abandi bati: ” Gura Coca Cola usubizemo Cocaine”

Ndetse hari n’uwamusabye kugura Guverinoma akayisubiza abaturage.

Iyo usomye ibitekerezo abantu bamuhaye, ubona ko amadolari ($) nta kintu atagura ku isi.

- Advertisement -
TAGGED:AmadolariIkoranabuhangaMusk
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Amabandi Yafunze Umuhanda Polisi Irayarasa
Next Article Mu Myaka 7 Icyayi Cyinjirije u Rwanda Arenga Miliyoni $600 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?