Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Arashaka Uwamurangira Ikindi Kigo Agura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
IkoranabuhangaMu mahanga

Elon Musk Arashaka Uwamurangira Ikindi Kigo Agura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2024 1:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuherwe Elon Musk arasaba abamukurikira ku rubuga rwe X kumuha igitekerezo cy’ikindi kigo yagura.

Kuri uru rubuga yahashyizeho ifoto ye yicaye mu madolari($) angana na Miliyari 42, akavuga ko abamukurikira baba bagize neza baramutse bamuhaye igitekerezo cy’ikindi kigo yagura.

Asanganywe ibigo bitatu bikomeye bikora ikoranabuhanga birimo Space X, Tesla na X, iyi ikaba yarahoze ari Twitter.

Ajya kugura Twitter, yabanje kubivuga asa nutebya ariko biza kurangira ayiguze n’ubwo kugira ngo ifatishe byabanje kumugora kuko yifuzaga ko buri kintu cyose kiyikoreweho gikwiye kwishyura kandi abantu batari babimenyereye.

Kubera izina yari yaranditse, byaje kuba ngombwa ko abantu bakomeza gukoresha X kuko nta handi hari buboneke amakuru nk’ayo itanga.

Mu bitekerezo abamukurikira kuri X bahise batanga, bamusabye ko yagura YouTube akayita X-Tube, cyangwa akagura CNN akayita XCNN undi amusaba kugura Google akayambura ubushobozi bwo kujya iha za Guverinoma amakuru ku baturage.

Abandi bati: ” Gura Coca Cola usubizemo Cocaine”

Ndetse hari n’uwamusabye kugura Guverinoma akayisubiza abaturage.

Iyo usomye ibitekerezo abantu bamuhaye, ubona ko amadolari ($) nta kintu atagura ku isi.

TAGGED:AmadolariIkoranabuhangaMusk
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Amabandi Yafunze Umuhanda Polisi Irayarasa
Next Article Mu Myaka 7 Icyayi Cyinjirije u Rwanda Arenga Miliyoni $600 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?