Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Yarakaje Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Elon Musk Yarakaje Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2023 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukire wa Kabiri ku isi witwa Elon Musk yatangaje ko agye guha murandasi abo muri Palestine kandi ibi Israel ntibishaka kubera kwanga ko byaya urwaho abarwanyi ba Hamas bagashobora guhanahana amakuru bakaba bakora ibikorwa byabo bya gisirikare.

Musk asanzwe afite ikigo kitwa Starlink gitanga murandasi.

Kuva ubwo ingabo za Israel zinjiraga muri Gaza, murandasi yahise ivaho ndets n’amashanyarazi yavuyeho.

Amazi, ibiribwa, Petelori n’ibindi bintu nkenerwa ntibipfa kwinjira muri Gaza kubera ko Israel idashaka ko byakwinjira uko bisanzwe bibikora kuko Hamas ishobora kubyuririraho igakorwa byayo by’iterabwoba.

Aho Elon Musk atangarije ko agiye guha Gaza mourandasi, abantu benshi biganjemo abanya Israel bavuze ko byaba ari ubushotoranyi ashaka.

Mu kubasubiza, Musk yavuze ko abatuye Gaza ari abaturage nk’abandi bose kandi ko azabafasha bo n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri iyo ntara.

Minisitiri w’Itumanaho muri Israel, Shlomo Karhi yahise aburira Musk, avuga ko ibyo ashaka gukora ari ugushyigikira iterabwoba kuko umutwe wa Hamas nubona murandasi ngo uzayifashisha mu bikorwa by’iterabwoba.

Shlomo Karhi

Yavuze ko nibikorwa Israel izahita ihagarika imikoranire yose na Starlink.

TAGGED:featuredIsraelMurandasiMusk
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Umunyamabanga Nshingwabikorwa W’Akarere Yahagaritswe
Next Article Jeannette Kagame Asaba Abanyarwanda Kwirinda Za ‘Munyangire’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?