Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Elon Musk Yarakaje Israel
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Elon Musk Yarakaje Israel

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 October 2023 11:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukire wa Kabiri ku isi witwa Elon Musk yatangaje ko agye guha murandasi abo muri Palestine kandi ibi Israel ntibishaka kubera kwanga ko byaya urwaho abarwanyi ba Hamas bagashobora guhanahana amakuru bakaba bakora ibikorwa byabo bya gisirikare.

Musk asanzwe afite ikigo kitwa Starlink gitanga murandasi.

Kuva ubwo ingabo za Israel zinjiraga muri Gaza, murandasi yahise ivaho ndets n’amashanyarazi yavuyeho.

Amazi, ibiribwa, Petelori n’ibindi bintu nkenerwa ntibipfa kwinjira muri Gaza kubera ko Israel idashaka ko byakwinjira uko bisanzwe bibikora kuko Hamas ishobora kubyuririraho igakorwa byayo by’iterabwoba.

Aho Elon Musk atangarije ko agiye guha Gaza mourandasi, abantu benshi biganjemo abanya Israel bavuze ko byaba ari ubushotoranyi ashaka.

Mu kubasubiza, Musk yavuze ko abatuye Gaza ari abaturage nk’abandi bose kandi ko azabafasha bo n’imiryango mpuzamahanga ikorera muri iyo ntara.

Minisitiri w’Itumanaho muri Israel, Shlomo Karhi yahise aburira Musk, avuga ko ibyo ashaka gukora ari ugushyigikira iterabwoba kuko umutwe wa Hamas nubona murandasi ngo uzayifashisha mu bikorwa by’iterabwoba.

Shlomo Karhi

Yavuze ko nibikorwa Israel izahita ihagarika imikoranire yose na Starlink.

TAGGED:featuredIsraelMurandasiMusk
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Umunyamabanga Nshingwabikorwa W’Akarere Yahagaritswe
Next Article Jeannette Kagame Asaba Abanyarwanda Kwirinda Za ‘Munyangire’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?