Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ese Umutoza Wa APR FC Ari Muryango Usohoka?
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ese Umutoza Wa APR FC Ari Muryango Usohoka?

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 August 2023 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro, hari bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko aho ibintu bigeze umutoza wayo yasezererwa kubera ko nta musaruro aragaragaza.

Uyu mutoza w’Umufaransa witwa Thierry Froger ntaremeza abafana ba APR FC ko ari we wari ukwiye guhabwa umwanya wo gutoza iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda.

Kuva atangiye gutoza iyi kipe( hari muri Nyakanga, 2023) umusaruro we ugerwa ku mashyi.

Kuba APR FC imaze ‘gutsindwa kenshi’ na mukeba wayo Rayon Sports ni ikintu kidashimisha namba ubuyobozi bwayo n’abafana bayo.

Hejuru y’ibi hiyongeraho kuba APR FC yaraye inganyije n’ikipe yo muri Somalia yitwa Gaadiidka igitego kimwe kuri kimwe(1-1) kandi bakinira i Kigali.

Ibi nabyo byaje ari ukubasonga.

Ubwo bwamusinyishaga amasezerano yo gutoza APR FC, ubuyobozi bwayo bwari bumufitemo icyizere cy’uko azayifasha igakomeza kuzamura urwego nk’uko yari isanzwe itsinda cyangwa ikihagararaho mu buryo runaka.

Magingo aya, iki cyizere gisa n’icyaraje amasinde!

Nyuma yo gutsindwa na Gaadiidka ku mukino ubanza, amakipe yombi azongera ahure ku mukino wo kwishyura uzaba taliki 24, Kanama, 2023.

Ikipe izahivana, izahura n’ikipe yo mu Misiri yitwa Pyramids.

Ifoto@The Herald.

TAGGED:APR FCfeaturedIkipeRayonUmukinoUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Z’Intambara Za Mali Na Burkina Faso Zambariye Urugamba
Next Article Nyanza: Umubyeyi Yasanze Umwana We Amanitse Mu Mugozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?