Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FDLR Iravugwa Mu Barinda Tshisekedi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

FDLR Iravugwa Mu Barinda Tshisekedi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 August 2023 9:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo wigeze kuyobora Komosiyo y’Amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Corneille Nanga yavuze ko afite amakuru avuga ko hari abarwanyi ba FDLR bashyizwe mu mutwe w’abarinda Perezida Félix Tshisekedi.

Ku rundi ruhande, Umuvugizi wa Guverinoma ya DRC witwa Patrick Muyaya yavuze ko ibyo Nanga yatangaje ari ibinyoma kandi bishobora kuzamukoraho.

Corneille Nanga avuga ko hari abarwanyi ba FDLR bari mu barinda Perezida kandi ngo bakorera i Kinshasa n’i Lubumbashi.

Patrick Muyaya yasubije ko ibyo Nanga avuga bidakwiye guhabwa agaciro.

Yavuze ko ariya magambo ari ‘rutwitsi’ kandi ko ibyo avuga bidashoboka kubera ko ubutegetsi bwa Kinshasa budashobora gushyira mu mutwe urinda Perezida abantu bashinjwa gukora Jenoside.

Muyaya avuga ko bishoboka cyane ko Nanga azajyanwa imbere y’ubutabera kubera ariya magambo.

Corneille Nanga yabaye Perezida wa Komisiyo y’igihugu y’amatora muri DRC guhera mu mwaka wa 2015 kugeza mu mwaka wa 2021.

Corneille Nanga

Muri Gashyantare, 2023 Corneille Nanga yatangaje ko ateganya kuziyamamariza kuyobora DRC mu matora azaba mu Ukuboza, 2023.

Aherutse no gushinga ishyaka rye yise Action pour la Dignité du Congo et de son Peuple (ADCP).

Inshuro nyinshi u Rwanda rwabwiye amahanga ko FDLR ikorana n’ingabo za DRC mu buryo butaziguye.

Kuba bivuzwe n’uwahoze ayobora urwego nka Komisiyo y’igihugu y’amatora ni indi ngingo yerekana ukuri cy’ibyo u Rwanda ruhora rubwira amahanga.

Muyaya ati: ” Ibyo Nanga yavuze bishobora kumukoraho.”

#RDC🇨🇩: les #FDLR dans la garde républicaine à #Kinshasa et à #Lubumbashi selon Corneille Nanga. @PatrickMuyaya répond
" Ces propos sont d'une extrême gravité, il peut être interpeller pour s'expliquer devant la justice. Les FDLR sont des genocidaires, comment on peut intégrer… pic.twitter.com/uIB0QaQLNz

— Daniel Michombero /Batubenga (@michombero) August 16, 2023

TAGGED:AbarwanyiAmahangaFDRLfeaturedIngaboKomisiyoRwandaTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukinnyi W’u Rwanda Yatorotse
Next Article Kwangiza Ibidukikije, Amakimbirane Mu Ngo…Ibyaha Biboneka Muri Kayonza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?