Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Federasiyo Z’Imikino Ziyemeje Gufasha Minisitiri Mushya Wa Siporo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Federasiyo Z’Imikino Ziyemeje Gufasha Minisitiri Mushya Wa Siporo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 August 2024 10:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’ibiganiro abayobora Federasiyo z’imikino itandukanye bagiranye na Minisitiri wa Siporo mushya ari we Richard Nyirishema, bavuze ko bagiye guhuza imbaraga kugira ngo siporo zose zitere imbere, bamufashe mu kazi ke.

Ku wa Mbere taliki 19, Kanama, 2024 nibwo Minisitiri Nyirishema hamwe na bagenzi be barahiriye gukora neza inshingano zabo, indahiro yakiriwe na Perezida Paul Kagame.

Mu kiganiro yahaye RBA icyo gihe, yavuze ko azibanda mu kunoza imikoranire n’abafatanyabikorwa no kongera imbaraga mu byo uwo yasimbuye Aurore Mimosa Munyangaju atujuje.

Bidatinze Richard Nyirishema yakoranye inama n’abayobora federasiyo zose za siporo kugira ngo bamenyane kandi bafatire hamwe icyerekezo bumva siporo igomba kugira mu Rwanda.

Bamwijeje ko bazahuza imbaraga bagasenyera umugozi umwe kugira ngo bagere ku ntego yo kuzamura siporo ikagera ku rwego rwishimirwa n’Abanyarwanda.

Bamwijeje kuzakorana nawe mu nyungu za siporo y’u Rwanda

Bimwe mubitegereje Nyirishema ngo abikemure mu gihe cyose azamara ari Minisitiri wa siporo ni ukubaka ibikorwaremezo by’imikino henshi mu Rwanda, bikegerezwa urubyiruko kandi akamenya gukorana neza n’abayobora za Federasiyo kugira ngo hirindwe amakosa yakunze kuzigaragaramo agateza sakwe sakwe mu itangazamakuru n’ahandi.

Umwe mu mikino ivugwamo ibibazo ni umupira w’amaguru, bikavugwa cyane cyane mu misifurire, mu gutegura abakiri bato bagomba kuzavamo abakinnyi bakomeye no mikorere y’ubuyobozi bw’amakipe ijya ivugwamo ibibazo n’abasifuzi birukanwa bidakurikije amategeko bigateza ibibazo.

Siporo yo mu Rwanda kandi yigeze kuvugwamo ruswa n’indi mikorere igongana n’amategeko.

Si mu mukino w’umupira w’amaguru gusa kuko no muri siporo yo gutwara amagare naho ibintu atari shyashya.

Muri Basketball naho byigeze kuhavugwa.

TAGGED:featuredFederasiyoImikinoNyirishemaSiporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tchad: Imyuzure Yahitanye Abantu 54
Next Article DRC: Abantu 200 Baburiwe Irengero Nyuma Yo Kurohama
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Icyizere Cy’Uko Ukraine Izatsinda Intambara Irwana N’Uburusiya Ni Gike

DRC: Abantu 40 Bapfiriye Mu Kirombe

Rwanda: Ibicurane Byakuye Bamwe Umutima, Minisanté Irahumuriza Abantu

Icyerekezo Minisiteri Y’Uburezi Ifite Ku Mubare W’Abarimu

Umuyobozi Wa Polisi Ashima Umusanzu W’Iya Eswatini 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Menya Uko u Rwanda Rwakiriye Amasezerano Yasinywe Hagati Ya Kinshasa Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Umutekano

Ruhango: Arakekwaho Kwicisha Nyirakuru Inkoni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Ati: “BBC Ngomba Kuyirega Byanze Bikunze”

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

2.9% By’Abanyarwanda Bafite Diyabete:RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?