Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FIFA Yahagaritse Kenya Na Zimbabwe Mu Mupira W’Amaguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FIFA Yahagaritse Kenya Na Zimbabwe Mu Mupira W’Amaguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2022 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi, FIFA, Gianni Infantino yatangaje ko amakipe y’ibihugu bya Kenya na Zimbabwe ahagaritswe kubera ko abayobozi ba Politiki muri ibi bihugu bivanze mu byerekeye umupira w’amaguru kandi bitemewe.

Gianni Infantino yavuze ko icyemezo urwego ayoboye rwafashe kigomba guhita gishyirwa mu bikorwa.

Yagize ati: “ Byabaye ngombwa ko  duhagarika aya mashyirahamwe kubera ko abayobozi ba politiki muri ibi bihugu bivanze mu mupira w’amaguru.”

Ku rubuga rwa FIFA handitse ko  abayobozi b’aya mashyirahamwe bamaze no kwegura.

Abo ni Nick Mwendwa wa Federasiyo wa Kenya na  Felton Kamambo wa  Zimbabwe.

Izi Federasiyo zihagaritswe mu gihe mu mwaka utaha ( 2023) hateganyijwe irushanwa ry’Igikombe cy’Afurika cy’amakipe y’ibihugu kizabera muri Côte d’Ivoire.

TAGGED:AmagurufeaturedInfantinoUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINAGRI Yatangaje Ko Hari Gukorwa ‘Imiti Mishya’ Y’Uburondwe Nyuma Yo Kunengwa N’Aborozi
Next Article Rubavu: Bibye Umuntu Baramuhamagara Bamusaba Ingurane Bituma Bafatwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

You Might Also Like

Imikino

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?