Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FIFA Yahagaritse Kenya Na Zimbabwe Mu Mupira W’Amaguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

FIFA Yahagaritse Kenya Na Zimbabwe Mu Mupira W’Amaguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 March 2022 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru ku isi, FIFA, Gianni Infantino yatangaje ko amakipe y’ibihugu bya Kenya na Zimbabwe ahagaritswe kubera ko abayobozi ba Politiki muri ibi bihugu bivanze mu byerekeye umupira w’amaguru kandi bitemewe.

Gianni Infantino yavuze ko icyemezo urwego ayoboye rwafashe kigomba guhita gishyirwa mu bikorwa.

Yagize ati: “ Byabaye ngombwa ko  duhagarika aya mashyirahamwe kubera ko abayobozi ba politiki muri ibi bihugu bivanze mu mupira w’amaguru.”

Ku rubuga rwa FIFA handitse ko  abayobozi b’aya mashyirahamwe bamaze no kwegura.

Abo ni Nick Mwendwa wa Federasiyo wa Kenya na  Felton Kamambo wa  Zimbabwe.

Izi Federasiyo zihagaritswe mu gihe mu mwaka utaha ( 2023) hateganyijwe irushanwa ry’Igikombe cy’Afurika cy’amakipe y’ibihugu kizabera muri Côte d’Ivoire.

TAGGED:AmagurufeaturedInfantinoUmupira
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINAGRI Yatangaje Ko Hari Gukorwa ‘Imiti Mishya’ Y’Uburondwe Nyuma Yo Kunengwa N’Aborozi
Next Article Rubavu: Bibye Umuntu Baramuhamagara Bamusaba Ingurane Bituma Bafatwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?