Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: FPR-Inkotanyi Mu Ntara Y’Amajyepfo Irasaba Kagame Gukomeza Kuyobora u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

FPR-Inkotanyi Mu Ntara Y’Amajyepfo Irasaba Kagame Gukomeza Kuyobora u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2023 11:35 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamuryango ba FPR -Inkotanyi mu Murenge wa Busasamana uri mu Karere ka Nyanza baherutse guhura bizihiriza hamwe imyaka 35 Umuryango FPR –Inkotanyi umaze ushinzwe.

Kimwe mu byo basabye ubuyobozi bukuru ni uko Paul Kagame yakomeza kuyobora u Rwanda.

Bavuga ko ibyo yabagejejeho ari byinshi bityo ko yakomereza muri uwo mujyo.

Enock Nkurunziza Chairperson w’Umuryango FPR –Inkotanyi ku rwego rw’Umurenge wa Busasamana avuga ko ibyo bagezeho muri uriya murenge ari byinshi.

Birimo inganda, agakiriro n’ibindi.

Avuga ko bamaze kuva mu bwigunge bari bamaze mo igihe kirekire.

Bakurikije ibyo bamaze kugeraho, basanga Perezida wa Repubulika Paul Kagame akomeje  kuyobora umuryango FPR Inkotanyi ku rwego rw’igihugu ndetse n’igihugu ubwacyo byagirira benshi akamaro karambye.

Uwitwa Munyambonwa John yabwiye bagenzi bacu b’ UMUSEKE bakorera i Nyanza ati: “Nyakubahwa Perezida Paul Kagame Chairman w’Umuryango ku rwego rw’igihugu ndamusaba ko yakomeza kutuyobora, akaguma ku isonga kugira ngo akomeze ahuze Abanyarwanda nk’uko abikora, kandi ibikorwa by’iterambere ry’Abanyarwanda amaze kutugezaho byanakomeza kwihuta.”

Chairperson w’Umuryango FPR-Inkotanyi ku rwego rw’Intara y’Amajyepfo akaba na Guverineri w’iyi Ntara y’Amajyepfo Alice Kayitesi avuga ko icyifuzo cy’abanyamuryango bo muri Nyanza gifite ishingiro.

Icyakora hari ibyo asaba:

Kayitesi ati: “Turabasaba gukomeza kugira ubufatanye, ariko no kuba abanyamuryango beza b’intangarugero bahamya koko ubunyamuryango bwabo, bugaragaza ko koko ari Inkotanyi nyazo, bitabira gahunda za Leta ziba zabashyiriweho bakabera abandi urugero rwiza.”

Umurenge wa Busasamana ugizwe n’utugari dutanu.

Muri uyu Murenge hari kubakwa ingoro y’Umuryango RPF-Inkotanyi ku rwego rw’Intara n’Akarere.

TAGGED:featuredFPRInkotanyiIntaraKagameKayitesiNyanzaPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abapadiri Bashobora Kwemererwa Kurongora ‘Ku Mugaragaro’
Next Article Muhanga: Ntibarasobanukirwa Ibibazo Bireba Umuvunyi N’Ibireba Ubuyobozi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?