Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakenke: Aravugwaho Kwica Umugore We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakenke: Aravugwaho Kwica Umugore We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 November 2022 12:39 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Murenge wa Gashenyi, Akagari ka Nyacyina mu Karere ka Gakenke haravugwa inkuru y’umugabo bakundaga kwita Mupfumu uvugwaho kwica umugore babanaga mu budakurikije amategeko amuteye icyuma.

Ubuyobozi bw’Umurenge wa Gashenyi ntibyemeye kugira icyo budutangariza ku makuru bwaba bufite kuri iki kibazo.

Umunyamabanga nshingwabikorwa wawo witwa Jean Bosco Nkurunziza yavuze we ntacyo yabivugaho ahubwo ko ibyiza ari uko twabibaza Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke.

Mu iperereza ryacu, twaje kumenya ko uwo mugabo bita Mupfumu yari acumbitse mu rugo rw’undi mugabo witwa Twagirimana.

Umugore wishwe yitwaga Thacienne Yambyariye.

Inzego z’umutekano ngo zahageze zisanga uwo mugore yapfuye.

Ibi biravugwa mu Murenge wa Gashenyi mu gihe hashize igihe gito mu Murenge wa Kivuruga, hafatiwe umugabo wari wibye ingurube arayica ayishyira mu mufuka ayitwara kuri Moto aza gufatirwa hafi ya Base.

TAGGED:featuredGakenkeIcyumaUmugaboUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Havuguruwe Uburyo Bwo Gusura Pariki Ya Nyandungu
Next Article Perezida Kagame Yitabiriye Itangizwa Ry’Igikombe Cy’Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?