Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gakire Yasabiwe Gufungwa Imyaka Itanu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gakire Yasabiwe Gufungwa Imyaka Itanu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 December 2023 1:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Uwahoze ari umunyamakuru akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru Ishema Fidel Uzabakiriho Gakire yasabiwe n’ubushinjacyaha gufungwa imyaka itanu n’ihazabu ya miliyoni Frw 3. Ni ku cyaha cyo gukoresha impapuro mpimbano bumurega.

Kuri uyu wa Kabiri nibwo yitabye urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ngo aburane kuri iki cyaha.

Yari asanzwe afungiye muri gereza ya Mageragere mu Karere ka Nyarugenge.

Ubushinjacyaha kandi buvuga ko uriya mugabo yari asanzwe akorera mu cyo bise Guverinoma y’u Rwanda ikorera mu buhungiro, iyi ikaba yaranamuhaye urupapuro rw’inzira rutemewe yahawe ku $85.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yafunzwe taliki 24, Ugushyingo 2022, akaba yari afungiwe i Mageragere mu Karere ka Nyarugenge.

Gakire yahoze ari umunyamakuru n’umuyobozi w’ikinyamakuru Ishema, yafashwe nyuma y’uko yari amaze iminsi yaragiye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Ubwo yari amaze kugera muri New York, Gakire yatangaje ku mugaragaro ko yinjiye muri Politiki.

TAGGED:featuredGakireMageragereUmunyamakuru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuyobozi Mu Bwongereza Yageze Mu Rwanda Ngo Asinye Amasezerano Ku Bimukira
Next Article Aho u Rwanda Rugiye Gusinyira Amasezerano N’Ubwongereza Hateguwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?