Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Polisi Yafashe Abacukura Amabuye Y’Agaciro Bitemewe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Polisi Yafashe Abacukura Amabuye Y’Agaciro Bitemewe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 July 2025 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano yafashe abantu batanu bacukura amabuye y’agaciro mu buryo hutemewe mu mirima y’abaturage.

Bafatiwe mu Murenge wa Nduba, Akagari ka Sha, Umudugudu wa Bikumba bafashwe bari gucukura gasegereti mu murima wa Mukampfizi Selphine.

Hanafashwe bimwe mu bikoresho bifashisha mu gucukura birimo inyundo, Majagu, ibisongo n’ikarayi.

Abafashwe bose bafungiye kuri Station ya Polisi ya Nduba.

Uretse gucukura amabuye batabyemerewe bari no kujya mu mirima y’abaturage bakangiza imyaka yabo no kwangiza ibidukikije.

Muri uyu Murenge cyane cyane mu Kagari ka Gasura na Sha hakunze kugaragara abantu biba amabuye y’agaciro bakaba bagirwa inama yo kubireka kuko inzego z’umutekano zabahagurukiye.

Polisi y’u Rwanda iburira abishora mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro butemewe n’amategeko kwitandukanya nabwo burundu, kuko ari icyaha gihanwa n’amategeko y’u Rwanda.

TAGGED:AbaturageAgaciroAmabuyeGasabo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rwanze Ibyo Kazungu Denis Yasabye Mu Bujurire
Next Article I Kinshasa Bafite Ubwoba Ko Na Uvira Iri Bufatwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?