Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Nkubiri rukomereza mu rukiko rwarwakiriye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Nkubiri rukomereza mu rukiko rwarwakiriye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2020 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni umwanzuro wari utegerejwe na benshi ariko cyane cyane Alfred Nkubiri , abo mu muryango we n’abamwunganira. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye ko ruriya rubanza rukomeza kuburanishirizwa aho rwakiriwe kuko ngo mu masezerano hagati ya ENAS ya Nkubiri na MINAGRI hari ibyaha byakorewemo. Iburanisha ritaha rizaba taliki 30, Ukuboza, 2020 saa  mbiri za mu gitondo.

Mu iburanisha tyabaye kuwa Gatanu taliki 11, Ukuboza, 2020 abunganira Nkubiri bavuze  ko ikirego cyagombye kujyanwa mu Nkiko z’ubucuruzi kuko ngo byose bishingiye ku masezerano ENAS ya Nkubiri yagiranye na MINAGRI kandi ngo ni amaserano y’ubucuruzi.

Umwe mu bunganira Nkubiri witwa Me Uwizeyimana yavuze ko ibaruwa bafite igaragaza ko amasezerano ikigo ENAS  Nkubiri afitemo imigabane cyagiranye na MINAGRI yari ay’ubucuruzi.

Icyo gihe inteko iburanisha yavuze ko igiye kwiherera ikiga ku busabe bw’abunganira Alfred Nkubiri ikazatangaza icyemezo cyayo ku wa Mbere taliki 14, Ukuboza, 2020.

Yanzuye ko urubanza ruregwamo Nkubiri Alfred rugomba gukomereza mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruri mu Murenge wa Rusororo kuko ari rwo rwarwakiriya kandi rufite ububasha bwo kuruburanisha.

Kopi y’urubanza
TAGGED:AbunganirafeaturedGasaboNkubiriRusororoUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 2020 yatubereye ikibazo ariko twarungutse: Umuyobozi wa CIMERWA
Next Article RURA yahawe umuyobozi mushya, 2 mu byo Nyirishema yibukirwaho vuba aha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?