Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gasabo: Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Nkubiri rukomereza mu rukiko rwarwakiriye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Gasabo: Urukiko rwanzuye ko urubanza rwa Nkubiri rukomereza mu rukiko rwarwakiriye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 December 2020 3:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni umwanzuro wari utegerejwe na benshi ariko cyane cyane Alfred Nkubiri , abo mu muryango we n’abamwunganira. Urukiko rwisumbuye rwa Gasabo rwasomye ko ruriya rubanza rukomeza kuburanishirizwa aho rwakiriwe kuko ngo mu masezerano hagati ya ENAS ya Nkubiri na MINAGRI hari ibyaha byakorewemo. Iburanisha ritaha rizaba taliki 30, Ukuboza, 2020 saa  mbiri za mu gitondo.

Mu iburanisha tyabaye kuwa Gatanu taliki 11, Ukuboza, 2020 abunganira Nkubiri bavuze  ko ikirego cyagombye kujyanwa mu Nkiko z’ubucuruzi kuko ngo byose bishingiye ku masezerano ENAS ya Nkubiri yagiranye na MINAGRI kandi ngo ni amaserano y’ubucuruzi.

Umwe mu bunganira Nkubiri witwa Me Uwizeyimana yavuze ko ibaruwa bafite igaragaza ko amasezerano ikigo ENAS  Nkubiri afitemo imigabane cyagiranye na MINAGRI yari ay’ubucuruzi.

Icyo gihe inteko iburanisha yavuze ko igiye kwiherera ikiga ku busabe bw’abunganira Alfred Nkubiri ikazatangaza icyemezo cyayo ku wa Mbere taliki 14, Ukuboza, 2020.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yanzuye ko urubanza ruregwamo Nkubiri Alfred rugomba gukomereza mu rukiko rwisumbuye rwa Gasabo ruri mu Murenge wa Rusororo kuko ari rwo rwarwakiriya kandi rufite ububasha bwo kuruburanisha.

Kopi y’urubanza
TAGGED:AbunganirafeaturedGasaboNkubiriRusororoUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 2020 yatubereye ikibazo ariko twarungutse: Umuyobozi wa CIMERWA
Next Article RURA yahawe umuyobozi mushya, 2 mu byo Nyirishema yibukirwaho vuba aha
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?