Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gaza: Ingabo Za Israel Zinjiye Mu Bitaro Guhiga Hamas

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 November 2023 10:03 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye muri Gaza babwiye itangazamakuru ko biboneye ibifaro n’abakomando mu ngabo za Israel binjira mu bitaro binini bya Al-Shifa biri muri Gaza ngo bahahige abarwanyi ba Hamas bahihishe.

Hagati aho ubutegetsi bwa Joe Biden bwasabye Israel kwirinda kugira umurwayi cyangwa umurwaza igitana muri urwo rugamba.

Amerika ivuga ko isanganywe amakuru ahura n’ayo Israel ifite y’uko mu nzu yo hasi yo muri biriya bitaro hari ibiro bikuru bikorerwamo na Hamas.

BBC ivuga ko Hamas yo ibihakana, icyakora hari umuganga wakoze muri kiriya kigo uvuga ko mu nzu zo hasi yacyo hari urwobo rusange rwashyinguwemo abantu 200.

Intambara ya Israel na Hamas yatangiye taliki 07, Ukwakira, 2023 nyuma y’igitero gikomeye Hamas yagabye muri Israel ikica abaturage bayo bagera ku 1200, abandi 200 batwarwa bunyago.

Ku ruhande rwa Hamas, yo ivuga ko hari abantu 11,000 bamaze kwicwa n’ingabo za Israel kandi abenshi ni abana kuko bagera 4,500.

TAGGED:GazaIsrael
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 90% Za Serivisi Mu Rwanda Zitangirwa Online- PM. Edouard Ngirente
Next Article Burundi: Miliyari $1,1 Ziva Mu Byinjira Mu Kigega Cya Leta Zirarigiswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?