Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Muganga Yasabiye APR FC Imbabazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Gen Muganga Yasabiye APR FC Imbabazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 October 2022 12:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka akaba na Perezida wa APR FC Lt Gen Mubarakh Musabye yasabye imbabazi abafana na APR FC kubera ko imaze iminsi ibaraza nabi kuko yatsinzwe cyangwa yanganyije.

Avuga ko  bari kureba uko iki kibazo cyabonerwa umuti urambye.

Gen Muganga ati: “Nsabe imbabazi abakunzi ba APR FC ko tutarabaha ibyishimo tubagomba mu mikino myinshi itambutse kandi turi mu gushaka igisubizo cyabyo kirambye.”

Bamwe mu bafana ba APR FC bavuga ko muri iki gihe ikeneye impinduka kandi nabo bakemererwa kujya batanga ibitekerezo kuri radio n’ahandi hose hagamijwe ko izo mpinduka zitanga umusaruro nk’uko byahoze.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikindi kandi ngo ni uko iyi kipe ikeneye no gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga kugira ngo irebe ko yaminjira agafu mu mikinire y’Abanyarwanda kuko mu Rwanda baratsinda ariko mu mahanga intsinzi ikabura.

Iby’imikinire idahwitse ya APR FC muri iki gihe yatangiye kwibazwaho cyane nyuma yo gusezererwa mu marushanwa nyafurika y’amakipe yabaye aya mbere iwayo, CAF Champions Ligue, ikuwemo na US Monastir.

Icyo gihe yatsinzwe mu buryo bworoshye ibitego  3-1.

"Nsabe imbabazi abakunzi ba APR FC ko tutarabaha ibyishimo tubagomba mu mikino myinshi itambutse kandi turi mu gushaka igisubizo cyabyo kirambye" – Lt Gen Muganga Mubarakh.

Mu butumwa bwe yohereje mu URUBUGA RW'IMIKINO, yashimangiye ko "discipline" ari yo nkingi ya byose. pic.twitter.com/LMn9lDyZfP

— RADIO RWANDA (@Radiorwanda_RBA) October 8, 2022

Umukino wakurikiyeho nawe yawutsinze yiyushye akuya kuko yatsinze Rwamagana FC ibitego 3-2 kandi nabwo bigoranye.

- Advertisement -

Taliki 07, Ukwakira, 2022 Bugesera FC yatsinze APR FC 2-1.

Umutoza wa APR FC, Adil Erradi Muhammed we nyuma y’umukino yavuze ko abakinnyi be batarimo gukina bashyize hamwe nk’ikipe.

Ngo hari icyo babura.

TAGGED:APR FCImikinoMuganga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 40.5% By’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bafite Ibibazo Byo Mu Mutwe
Next Article BK Irashaka Gufasha Ab’i Nyagatare Kuzamura Umukamo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

APR FC Yatsinze Rayon Iyirusha Bifatika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Igiye Kongera Kumvana Imitsi Na APR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Atlético de Madrid Yinjiye Muri Visit Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

APR BBC , UGB Na Dolphin BBC Ya Uganda Yabonye Intsinzi Mu Mikino Yo Kwibuka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?