Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gen Muhoozi Yamuritse Ikibumbano Ndangamateka Cya Se Museveni
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Gen Muhoozi Yamuritse Ikibumbano Ndangamateka Cya Se Museveni

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2021 9:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Gatanu Umuhungu wa Perezida Yoweri Museveni witwa Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yamurikiye abaturage ikibumbano ndangamateka ya Se. Yabwiye abandi basirikare ko kiriya kibumbano kizabera urwibutso abakiri bato, bakamenya ubutwari bwa Se.

Gen Muhoozi uherutse kugirwa umugaba w’ingabo zihariye za Uganda (Special Forces Commander) yasabye abandi basirikare bakuru ba Uganda nabo kuzubaka ibibumbano ndangamateka byerekana ubutwari bwabo.

Yagize ati: “ Iki kibumbano ndangamateka cya Data namwe mugomba kukigana kugira ngo urubyiruko rujye rubona ko Data yayoboye ingabo z’intwari zitigeze zitwindwa urugamba na rumwe mu mateka yazo.”

Avuga ko mu myaka 40 ishize Ingabo za Uganda zitigeze zitsindwa.

N’ubwo Gen Muhoozi ashima ubutwari bwa Se, muri iki gihe abakurikirana Politiki ya Uganda bamunenga ko ahohotera abatavuga rumwe nawe.

Leta zunze ubumwe z’Amerika ziherutse gutangaza ko zigiye kwicara zikiga ku bihano zafatira ubutegetsi bwa Uganda zibushinja ko bwibiye Museveni  amajwi agatsinda Amatora y’Umukuru w’Igihugu aheruka.

Yari ayahanganyemo na Hon Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi nka Bobi Wine.

Ku munsi wakurikiye amatora nyirizina, Bobi Wine yatangaje ko afite amakuru y’uko yibwe amajwi, ariko avuga ko ibintu byose bizajya ahagaragara murandasi nisubizwaho kuko Leta yari yayihagaritse.

Ijwi ry’Amerika kandi ryatangaje kuri uyu waGatandatu ko hari abaturage bari gusaba Leta gusobanura irengero ry’abantu barenga 30 baburiwe irengero.

TAGGED:featuredIkibumbanoIngaboMuhooziMuseveniUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Burundi Ntibushaka Urukingo Rwa COVID-19
Next Article Umuhanzi Alyn Sano Yakize COVID-19, Hari Inama Aha Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Ruri Kureshya Abakire Bo Mu Buhinde

MINEDUC Yagiye Gutoza Abanyeshuri Isuku

Irani: Abamaze Kugwa Mu Myigaragambyo Bagera Kuri 500

Muhanga: Bashinja Sosiyete Icukura Amabuye Y’Agaciro Kubambura

Miliyari Frw 1.2 Ziva Mu Gusura Nyungwe Zigiye Gufasha Abandi Bayituriye Kubaho Neza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Kigali: Impunzi Zo Muri DRC Zigarambirije Imbere Ya Ambasade Ya Amerika

You Might Also Like

Mu mahanga

Umwami Wa Maroc Yandikiwe Ikiruhuko Kubera Uburwayi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?