Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gicumbi: Abagabo Batanu Bavugwaho Kuniga Abaturage Bafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Gicumbi: Abagabo Batanu Bavugwaho Kuniga Abaturage Bafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2025 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ikorera muri Gicumbi mu Murenge wa Cyumba k’ubufatanye n’izindi nzego yafashe abagabo batanu bakekwaho guhungabanya umutekano by’ubujura, ubwambuzi n’urugomo bikorerwa mu gasanteri ka Gatuna.

Hari abaturage batanze amakuru ko hari abantu birirwa mu isanteri ya Gatuna iri mu Kagari ka Rwankonjo bwakwira bakajya gutega abantu bakabaniga bakabambura utwo biriwe babirira icyokere.

Aho kujya ku murimo ngo birirwa banywa inzoga bwakwira bakabategera mu nzira bagamije kubambura ibyabo.

IP Ignace Ngirabakunzi uvugira Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru yavuze icyo urwego akorera rusaba abantu.

Ati: “Umuturarwanda agomba umutekano usesuye kandi uzawuhungabanya uwo ariwe wese n’icyo aricyo cyose gishobora kuwuhangabanya tuzakirwanya. Niyo mpamvu y’ibi bikorwa bihoraho bigamije gufata abahungabanya umutekano twese dukeneye”.

Yaburiye abakora ubwicamategeko ko bazafatwa mu gihe icyo ari cyo cyose.

Ashima abaturage ko batanga amakuru kugira ngo abakora ibyaha bafatwe.

Abafashwe bafungiye kuri station ya Polisi ya Cyumba, aho bashyikirizwa Urwego rw’u bugenzacyaha kugira ngo bakurikiranwe.

Bafite hagati y’imyaka 21 n’imyaka 40 y’amavuko.

TAGGED:AbaturageGicumbiNgirabakunziPolisiubujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mitali Wayoboye Siporo Mu Rwanda Yazize Uburwayi 
Next Article Abashoramari Bo Mu Bushinwa Basabwe Gusura u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?