Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gicumbi: Abagabo Batanu Bavugwaho Kuniga Abaturage Bafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Gicumbi: Abagabo Batanu Bavugwaho Kuniga Abaturage Bafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 August 2025 10:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi ikorera muri Gicumbi mu Murenge wa Cyumba k’ubufatanye n’izindi nzego yafashe abagabo batanu bakekwaho guhungabanya umutekano by’ubujura, ubwambuzi n’urugomo bikorerwa mu gasanteri ka Gatuna.

Hari abaturage batanze amakuru ko hari abantu birirwa mu isanteri ya Gatuna iri mu Kagari ka Rwankonjo bwakwira bakajya gutega abantu bakabaniga bakabambura utwo biriwe babirira icyokere.

Aho kujya ku murimo ngo birirwa banywa inzoga bwakwira bakabategera mu nzira bagamije kubambura ibyabo.

IP Ignace Ngirabakunzi uvugira Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyaruguru yavuze icyo urwego akorera rusaba abantu.

Ati: “Umuturarwanda agomba umutekano usesuye kandi uzawuhungabanya uwo ariwe wese n’icyo aricyo cyose gishobora kuwuhangabanya tuzakirwanya. Niyo mpamvu y’ibi bikorwa bihoraho bigamije gufata abahungabanya umutekano twese dukeneye”.

Yaburiye abakora ubwicamategeko ko bazafatwa mu gihe icyo ari cyo cyose.

Ashima abaturage ko batanga amakuru kugira ngo abakora ibyaha bafatwe.

Abafashwe bafungiye kuri station ya Polisi ya Cyumba, aho bashyikirizwa Urwego rw’u bugenzacyaha kugira ngo bakurikiranwe.

Bafite hagati y’imyaka 21 n’imyaka 40 y’amavuko.

TAGGED:AbaturageGicumbiNgirabakunziPolisiubujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mitali Wayoboye Siporo Mu Rwanda Yazize Uburwayi 
Next Article Abashoramari Bo Mu Bushinwa Basabwe Gusura u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?