Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gucunga Nabi Amashyamba Biri Mubyo Min Mujawamariya Akurikiranyweho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Gucunga Nabi Amashyamba Biri Mubyo Min Mujawamariya Akurikiranyweho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2024 7:21 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu byo Taarifa yamenye bivugwa ko biri mubyo  Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya akurikiranyweho ni imicungurire mibi y’amashyamba.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane taliki 25, Nyakanga, 2024 nibwo inkuru y’uko hari ibyo uyu mugore wahoze ari Minisitiri w’umurimo akurikiranyweho yasakaye.

Hari nyuma y’uko ahagaritswe mu mirimo ye binyuze mu itangazo rya Guverinoma y’u Rwanda rwasowe na Minisitiri W’Intebe.

Amakuru Taarifa yamenye mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Kane avuga ko Mujawamariya ari gukorwaho iperereza ku byaha acyekwaho kuba yarakoze igihe yari Minisitiri w’Ibidukikije.

Ngo ni ibyaha bifite aho bihuriye n’imicungire mibi y’imishinga y’amashyamba.

Hagati aho kandi dufite amakuru avuga ko hari iperereza riri gukorwa muri Minisiteri y’Ibidukikije ndetse n’ibigo biyishamikiye ho bifite aho bihuriye n’amashyamba muri rusange.

Mu bakorwaho iperereza harimo Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ibidukijije witwa Patrick Karera.

Inkuru y’ikurwa ku nshingano ya Minisitiri Mujawamariya iri mu zivuzweho cyane kuri uyu wa Kane taliki 25 Nyakanga.

Dr. Jeanne D’Arc Mujawamariya ari mu bari bamaze igihe mu nshingano zitandukanye zo hejuru ku rwego rwo hejuru mu gihugu.

Yayoboye Minisiteri eshatu ni ukuvuga iy’uburezi, iy’ibidukijije n’umurimo n’abakozi ari nayo yari amaze iminsi ayoboye.

TAGGED:AmashyambafeaturedIbidukikijeMinisitiriMujawamariya
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko RIB Yafashe Abantu Bashakaga Gucucura Banki Ikomeye
Next Article Macron Yarase Ibigwi Bya Kagame Mu Kubaka Ibikorwaremezo Bya Siporo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?