Connect with us

Mu Rwanda

Cardinal Kambanda Yagiye Kwakira Papa Francis

Published

on

Isangize abandi

Abayobozi bakuru muri Kiliziya gatulika bayobowe na Cardinal Antoine Kambanda bagiye kwakira Papa Francis uri mu ruzinduko i Kinshasa.

Abandi bajyanye na Cardinal Kambanda ni Mgr Vincent Harolimana, Mgr Anaclet Mwumvaneza, Mgr  Edouard Sinayobye, Myr Filipo Rukamba na Mgr Papias Musengamana.

Kuri uyu wa Mbere taliki 31, Mutarama, 2023 nibwo Papa Francis yageze i Kinshasa.

N’ahava azagana muri Sudani y’Epfo.

Yakiriwe n’abayobozi bakuru ba DRC ndetse n’abo muri Kiliziya gatulika.

Ibiro bye bitangaza ko zizaba ari ingendo zigamije kunga abatuye ibi bihugu biri mu bimaze igihe kinini byarabuze amahoro kurusha ibindi ku isi.

Author

Copyright © 2020-2023 - Kinyarwanda Version