Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guhura Kwa Trump Na Putin Biracyari Kure Nk’Ukwezi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Guhura Kwa Trump Na Putin Biracyari Kure Nk’Ukwezi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2025 4:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump.

Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo zatuma intambara imaze imyaka itatu hagati ya Ukraine na Uburusiya ihagarara.

Ibiganiro biri kubera muri Arabie Saoudite, igihugu muri iki gihe gishaka kugira uruhare runini mu bibera hirya no hino ku isi.

Abaganira ku ruhande rw’Uburusiya bayobowe na Sergei Lavlov naho abo ku ruhande rwa Amerika bayobowe  na Marco Rubio.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umujyanama wa Putin mu by’umutekano witwa Yuri Ushakov avuga ko ibiganiro byagenze neza ku mpande zombi.

Ushakov ati: “Byari ibiganiro bizima kandi twagarutse ku ngingo zose z’ingenzi zari ziri ku meza”.

Amerika irashaka ko ibintu bigenda neza, intambara ikarangira bityo igashobora kugera ku mutungo kamere Ukraine ibitse mu butaka bwayo

Uburusiya bwo buvuga ko bwatangije intambara muri Ukraine mu rwego rwo gukoma imbere OTAN/NATO yashakaga kuyinyuramo ngo iyibuze amahwemo.

Ushakov yabwiye itangazamakuru ko ibiganiro we na bagenzi be bagiranye na Amerika byari byiza kandi ko hagiye kurebwa uburyo Putin yazahura na Trump.

- Advertisement -

Icyakora avuga ko hakiri byinshi byo gukora kugira ngo abo bagabo bazahure.

Abanyamerika nabo bavuga ko ibiganiro byabahuje n’abahagarariye Uburusiya byari intambwe nziza ariko hakiri ibizakorwa ngo baganire mu mizi ibizakurikiraho ngo intambara ya Ukraine n’Uburusiya ihoshe.

TAGGED:AmerikaBurusiyaPutinTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Wazalendo Yarasanye Na FARDC Hapfamo 12
Next Article U Rwanda Rwanze Agasuzuguro K’Ububiligi Ruhagarika Imikoranire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?