Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guhura Kwa Trump Na Putin Biracyari Kure Nk’Ukwezi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Guhura Kwa Trump Na Putin Biracyari Kure Nk’Ukwezi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2025 4:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abadipolomate ba Amerika n’Uburusiya batangaje ko hari akazi kenshi kandi gakomeye kagomba kubanza gukorwa mbere y’uko Putin ahura na Trump.

Babitangaje nyuma y’amasaha ane n’igice baganira ku ngingo zatuma intambara imaze imyaka itatu hagati ya Ukraine na Uburusiya ihagarara.

Ibiganiro biri kubera muri Arabie Saoudite, igihugu muri iki gihe gishaka kugira uruhare runini mu bibera hirya no hino ku isi.

Abaganira ku ruhande rw’Uburusiya bayobowe na Sergei Lavlov naho abo ku ruhande rwa Amerika bayobowe  na Marco Rubio.

Umujyanama wa Putin mu by’umutekano witwa Yuri Ushakov avuga ko ibiganiro byagenze neza ku mpande zombi.

Ushakov ati: “Byari ibiganiro bizima kandi twagarutse ku ngingo zose z’ingenzi zari ziri ku meza”.

Amerika irashaka ko ibintu bigenda neza, intambara ikarangira bityo igashobora kugera ku mutungo kamere Ukraine ibitse mu butaka bwayo

Uburusiya bwo buvuga ko bwatangije intambara muri Ukraine mu rwego rwo gukoma imbere OTAN/NATO yashakaga kuyinyuramo ngo iyibuze amahwemo.

Ushakov yabwiye itangazamakuru ko ibiganiro we na bagenzi be bagiranye na Amerika byari byiza kandi ko hagiye kurebwa uburyo Putin yazahura na Trump.

Icyakora avuga ko hakiri byinshi byo gukora kugira ngo abo bagabo bazahure.

Abanyamerika nabo bavuga ko ibiganiro byabahuje n’abahagarariye Uburusiya byari intambwe nziza ariko hakiri ibizakorwa ngo baganire mu mizi ibizakurikiraho ngo intambara ya Ukraine n’Uburusiya ihoshe.

TAGGED:AmerikaBurusiyaPutinTrump
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Wazalendo Yarasanye Na FARDC Hapfamo 12
Next Article U Rwanda Rwanze Agasuzuguro K’Ububiligi Ruhagarika Imikoranire
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?