Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Guma Mu Rugo’ Mu Murwa Mukuru Wa Koreya Ya Ruguru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

‘Guma Mu Rugo’ Mu Murwa Mukuru Wa Koreya Ya Ruguru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2023 9:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’umurwa mukuru wa Koreya ya ruguru witwa Pyongyang bwategetse abaturage kuguma mu ngo zabo mu gihe cy’iminsi itanu(5)birinda kwanduzanya indwara ‘yandurira mu buhumekero.’

Nta zina baraha iyo ndwara cyangwa se ngo bavuge ko ari COVID-19 yazanzamutse mu mibiri y’abaturage.

Mu Kanama, 2022 nibwo ubutegetsi bwa Koreya ya ruguru bwatangaje ko icyorezo COVID-19 cyahacitse.

Ikinyamakuru gikorera muri Koreya ya ruguru kitwa NK News kivuga ko abaturage ba Pyongyang basabwe kuguma mu ngo zabo guhera ku wa Gatatu kuzageza ku wa Mbere mu gitondo kandi, hagati aho, bategetswe kujya kwisuzumisha umuriro buri munsi.

Kimwe mu bimenyetso by’iriya ndwara ni uguhinda umuriro, gukorora n’ibicurane.

Abaturage bari bamaze iminsi biteguye ko hashobora kubaho ‘Guma mu rugo’ ndetse byatumye bajya guhaha ibiribwa n’imiti bihagije kugira ngo batazashirirwa kandi nta buryo bwo gusohoka mu ngo buhari.

Kugeza ubu nta handi havugwa ‘Guma mu rugo’ muri kiriya gihugu.

Muri Koreya ya ruguru harakonje cyane kubera ko ubushyuhe bwagabanutse bugera ku kigero cya -22 Celcius, ni ukuvuga -7.6 ku kigero cya Fahrenheit.

Iyi ndwara ivuzwe muri kiriya gihugu mu gihe mu kindi baturanye ari cyo u Bushinwa hamaze iminsi havugwa ubwandu bwinshi bwa COVID-19.

TAGGED:COVID-19GumaIndwaraKoreyaRuguruUbwandu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kubaka Ikiraro Cyo Mu Kirere Gihuza Muhanga Na Gakenke Bigeze Kure
Next Article Kanye West Yangiwe Gukandagira Kwa Sebukwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?