Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gusura Umunara Wa Eiffel Byahagaritswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ibiza KamereMu mahanga

Gusura Umunara Wa Eiffel Byahagaritswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 July 2025 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Uyu munara wabaye ufunzwe kugira ngo ba mukerarugendo barindwe ubushyuhe buri muri Bufaransa.
SHARE

Mu Bufaransa ibintu birakomeye kuko hari ibice, birimo n’ibituriye Umunara wa Eiffel, ababituye bataka ubushyuhe bukabije. Byatumye gusura umunara uzwi kurusha indi ku isi witwa Eiffel  bihagarikwa by’agateganyo.

Muri Turikiya hamwe n’ahandi mu Burayi naho hari ikibazo cyugarije ubuzima bw’abaturage cy’ubushyuhe bukomeye.

Mu Burengerazuba bw’iki gihugu himuwe abantu 50,000 bahungishwa inkongi yibasiye icyo gice nayo itewe n’ubwo bushyuhe bukomeye.

Umunara wa Eiffel ufite  metero 330 z’ubujyejuru wubatswe n’umuhanga witwa Gustave Eiffel hagati y’umwaka wa 1887  na 1889.

Ku byerekeye ubushyuhe kandi, mu Butaliyani naho hamaze gupfa abantu babiri bazira kubura amazi mu mubiri, muri Portugal na Espagne naho ntiborohewe kuko ubushyuhe bwaho bwazamutse bugera kuri 46C.

Amajyepfo ashyira Uburasirazuba bw’Ubwongereza abahatuye ntibatora agatotsi mu buryo bworoshye kuko ubushyuhe buri kuri  35C.

Abahanga bavuga ko kwiyongera k’ubushyuhe bw’umubumbe w’isi niyo kwaba ari guto, gutera ubushyuhe henshi ku isi, bugakurikirwa n’inkongi, ibibazo birimo iby’ubuhumekero n’ibindi bitandukanye.

Iyo abantu batwika amashyamba, amakara, imodoka n’inganda zabo zikazamura ibyuka bihumanye bya dioxide de carbone bituma ikirere gishyuha, ingaruka ku binyabuzima zikaba nyinshi.

TAGGED:AbaturagefeaturedIkirereTurikiyaUbufaransaUbushyuhe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubushinwa Burashaka Kugirana Ubuhahirane Bukomeye N’Uburayi
Next Article Kigali: Miliyoni $100 Zigiye Gushorwa Mu Gutwara Abantu Mu Buryo Bwa Rusange Buvuguruye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?