Amarira ni menshi mu baturage ba Pakistan kubera kubura ababo 900 bishwe n’imyuzure yatewe n’imvura idasanzwe yakoye mu bice bitandukanye by’iki gihugu gituranye n’u Buhinde. Ikigo...
Mu Bufaransa abaturage bapfukamye basenga Imana ngo ifashe abashinzwe kuzimya inkongi bashobore guhagarika umuriro umaze gutwika ibintu biri ku buso bwa Hegitari 7000. Kubera umuvuduko umuyaga...
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, kivuga ko ubukonje abantu bari kubona mu Ntangiriro ya Kanama, 2022 ari ubw’igihe gito kuko uku kwezi kuzashyuha...
Abatuye imijyi irenga 10 mu Bushinwa bari mu kaga ko kwicwa n’umwuma kubera ko ikirere kirimo ubushyuhe bwinshi cyane. Ni ubushyuhe burengeje 40C. Abaganga bavuga ko...
Mu mateka y’umubumbe w’isi , nta na rimwe abantu bigeze barekura umwuka uhumanya ikirere myinshi nk’uko byagenze mu mwaka wa 2021. Imibare iherutse gutangazwa ivuga ko...