Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Gutsinda Argentine Byatumye Arabie Saoudite Ikoresha Umunsi Mukuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 December 2022 7:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Arabie Saoudite yakoze ibyo benshi batayitekerezagaho
SHARE

Ni intsinzi ikomeye kuri Arabie Saoudite. Umwami w’iki gihugu yahaye abaturage be bose ikiruhuko, Kaminuza n’ibigo bya Leta bose bararuhuka kugira ngo bishimire intsinzi y’akataraboneka mu mateka y’iki gihugu.

Ikinyamakuru kitwa Arab News cyatangaje ko Umwami Salmane wa Arabie Saoudite yategetse umuhungu we ari nawe uzamusimbura ku ngoma ko agomba gutangariza abaturage ko bahawe ikiruhuko.

Igikomangoma Mohammed Bin Salmane niwe wari uhagarariye umwami Salmane muri uriya mukino.

Yari yicaranye na Perezida wa FIFA Gianni Infantino.

Umufaransa utoza Ikipe ya Arabie Saoudite witwa Hervé Renard yavuze ko intsinzi ye n’ikipe ye igomba kuzakomeza kwandika mu mateka ko we n’abahungu be bakoze ibintu by’indashyikirwa.

Ngo gutsinda Argentine ya Lionel Messi yari imaze imikino 36 y’igikombe cy’isi yakinnye mu bihe bitandukanye kandi idatsindwa, ngo ni ikintu gikomeye.

Avuga ko kuba Argentine isanzwe itwara ibikombe by’irushanwa rya Cop Amerika ari ikindi kintu gikomeye giha Argentine ubudahangarwa.

Arabie Saoudite yaherukaga gutsinda ikipe ikomeye ku rwego rw’isi mu mwaka wa 1994 ubwo yatsindaga u Bubiligi 1-0.

TAGGED:ArabiefeaturedIgikombeIsiSaoudite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Yirukanye Ubuyobozi Bukuru Bwa Caritas
Next Article Diamond Aranugwanugwa Kugaruka i Kigali Mu Gitaramo Kirangiza Umwaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?