Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverineri W’Amajyaruguru Ashima Uruhare Kwita Izina Byagize Mu Mibereho Y’Abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Guverineri W’Amajyaruguru Ashima Uruhare Kwita Izina Byagize Mu Mibereho Y’Abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 September 2024 2:54 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Maurice Mugabowagahunde uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko kuba ingagi zitwa amazina buri mwaka mu muhango ngarukamwaka byazamuye imibereho y’abatuye iyo Ntara.

Ibi kandi byashimangiwe na Michaella Rugwizangoga ushinzwe ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere mu kiganiro yahaye itangazamakuru.

Michaella Rugwizangoga

Cyari kigamije kivuga ku mwiteguro yo kwita Izina abana 20 b’ingagi mu muhango uzabera mu Kinigi taliki 18, Ukwakira, 2024.

Umuhango wo kwita uzaba ubaye ku nshuro ya 20.

Abantu barenga 2000 nibo barumiwe muri uyu muhango ariko muri rusange uzitabirwa n’abarenga 30,000.

Kuva mu mwaka wa 2005, imishinga irenga 659 yo guteza Imbere abaturiye Pariki y’ibirunga yateje abantu imbere ku rwego rwo hejuru.

Yose ifite agaciro ka Miliyari Frw 5.16.

Irebana no guteza imbere ubuhinzi, n’ubworozi, kubaka amashuri, ibitaro n’indi.

TAGGED:featuredIngagiIntaraIzinaKwitaMugabowagahunde
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Bakwiye Gushimira Imana Aho Igihugu Cyabo Kigeze- Dr. Murigande
Next Article Israel Irategura Igitero Cyo Ku Butaka Muri Lebanon 
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?