Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2021 6:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura.

Ku wa 15 Gashyantare nibwo Lukonde w’imyaka 43 yagizwe Minisitiri w’Intebe, akaba yari atarangaza guverinoma ye. Iyatangajwe igizwe n’abantu 57, abagore ni 27% mu gihe amasura mashya ari 80%.

Hashyizweho ba Minisitiri b’Intebe bungirije bane barimo ushinzwe umutekano no kwegereza abaturage ubuyobozi, Asselo Okito Wankoy Daniel ; ushinzwe ibidukikije n’iterambere rirambye,  Eve Bazaiba Masudi; ushinzwe ububanyi n’amahanga Lutundula Apala Christophe n’ushinzwe abakozi ba leta, Lihau Ebua Jean-Pierre.

Mu bandi bashyizweho, Minisitiri w’Ubuzima ni Mbungani Jean-Jacques, Minisitiri w’Ubutabera ni Mutombo Kiese Rose, naho Minisitiri w’Inganda ni Julien Paluku.

Impuzandengo y’imyaka y’abagize iyi guverinoma ni 47.

Minisitiri w’Intebe Lukonde yatangaje ko intego z’ingenzi z’iyi guverinoma ari umutekano, ubuzima, uburezi, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi,ubukungu, ibijyanye n’amatora, ibikorwa remezo n’ikoranabuhanga.

TAGGED:featuredIlunga IlukambaJean-Michel Sama LukondeRDCTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakomoje Ku Biganiro Yagiranye N’Ibigo Bikora Inkingo Za COVID-19
Next Article U Budage Bwahaye U Rwanda Inkunga Ya Miliyari 90 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?