Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2021 6:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura.

Ku wa 15 Gashyantare nibwo Lukonde w’imyaka 43 yagizwe Minisitiri w’Intebe, akaba yari atarangaza guverinoma ye. Iyatangajwe igizwe n’abantu 57, abagore ni 27% mu gihe amasura mashya ari 80%.

Hashyizweho ba Minisitiri b’Intebe bungirije bane barimo ushinzwe umutekano no kwegereza abaturage ubuyobozi, Asselo Okito Wankoy Daniel ; ushinzwe ibidukikije n’iterambere rirambye,  Eve Bazaiba Masudi; ushinzwe ububanyi n’amahanga Lutundula Apala Christophe n’ushinzwe abakozi ba leta, Lihau Ebua Jean-Pierre.

Mu bandi bashyizweho, Minisitiri w’Ubuzima ni Mbungani Jean-Jacques, Minisitiri w’Ubutabera ni Mutombo Kiese Rose, naho Minisitiri w’Inganda ni Julien Paluku.

Impuzandengo y’imyaka y’abagize iyi guverinoma ni 47.

Minisitiri w’Intebe Lukonde yatangaje ko intego z’ingenzi z’iyi guverinoma ari umutekano, ubuzima, uburezi, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi,ubukungu, ibijyanye n’amatora, ibikorwa remezo n’ikoranabuhanga.

TAGGED:featuredIlunga IlukambaJean-Michel Sama LukondeRDCTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakomoje Ku Biganiro Yagiranye N’Ibigo Bikora Inkingo Za COVID-19
Next Article U Budage Bwahaye U Rwanda Inkunga Ya Miliyari 90 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?