Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Guverinoma Nshya Ya RDC Yatangajwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2021 6:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura.

Ku wa 15 Gashyantare nibwo Lukonde w’imyaka 43 yagizwe Minisitiri w’Intebe, akaba yari atarangaza guverinoma ye. Iyatangajwe igizwe n’abantu 57, abagore ni 27% mu gihe amasura mashya ari 80%.

Hashyizweho ba Minisitiri b’Intebe bungirije bane barimo ushinzwe umutekano no kwegereza abaturage ubuyobozi, Asselo Okito Wankoy Daniel ; ushinzwe ibidukikije n’iterambere rirambye,  Eve Bazaiba Masudi; ushinzwe ububanyi n’amahanga Lutundula Apala Christophe n’ushinzwe abakozi ba leta, Lihau Ebua Jean-Pierre.

Mu bandi bashyizweho, Minisitiri w’Ubuzima ni Mbungani Jean-Jacques, Minisitiri w’Ubutabera ni Mutombo Kiese Rose, naho Minisitiri w’Inganda ni Julien Paluku.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Impuzandengo y’imyaka y’abagize iyi guverinoma ni 47.

Minisitiri w’Intebe Lukonde yatangaje ko intego z’ingenzi z’iyi guverinoma ari umutekano, ubuzima, uburezi, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi,ubukungu, ibijyanye n’amatora, ibikorwa remezo n’ikoranabuhanga.

TAGGED:featuredIlunga IlukambaJean-Michel Sama LukondeRDCTshisekedi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakomoje Ku Biganiro Yagiranye N’Ibigo Bikora Inkingo Za COVID-19
Next Article U Budage Bwahaye U Rwanda Inkunga Ya Miliyari 90 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?