Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hadutse Indwara Ikira Bagukuyemo Ijisho
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubuzima

Hadutse Indwara Ikira Bagukuyemo Ijisho

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2021 4:07 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho.

Bayise mucormycosis.

Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse COVID-19.

Abenshi kandi mubo yifata ni abasanganywe indwara ya diabetes.

Abaganga bavuga ko iriya ndwara ifata umuntu  umaze iminsi iri hagati ya 12 na 18 akirutse  COVID-19.
Leta z’u Buhinde zibasiwe ni iza Gujarat Maharashtra.

Zombi zihariye 50% by’abarwayi 9000 bamaze kubarurwa.

Imaze kubarurwa muri Leta 15 mu zindi zigize u Buhinde.

Hari izindi Leta 29 zasabwe gutangaza ko iriya ndwara ari hafi kuba gikwira ibyo bita ‘epidemic’.

Abaganga babwiye BBC dukesha iyi nkuru ko ahari hateganyijwe kwakirira abarwayi hatangiye kuzura.

Iriya ndwara ngo iterwa n’agakoko bita black fungus gakururwa n’umwanda.

Dr Akshay Nayar avuga ko abenshi mu batwayi yavuye byasabye ko bakurwamo ijisho kugira ngo badapfa.

Mu yandi magambo iyi ndwara iyo itakwishe isiga ufite ubumuga bwo kutabona.

Kuba COVID-19 yaratangiriye mu Bushinwa buturanye n’u Buhinde none iyi ndwara ikaba yadukiye mu Buhinde kandi ibi bikaba ari byo bihugu bituwe n’abantu benshi kurusha ibindi ku isi ubwabyo biteye inkeke.

 

TAGGED:BBCCOVID-19 BuhindefeaturedIndwara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article EU Yashoye Miliyari €1 Mu Gukorera Inkingo Za COVID-19 Mu Bihugu Birimo U Rwanda
Next Article Aurore Munyangaju Avuga Ko Hari Amafaranga Minisiteri Ye Itazahabwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?