Perezida Paul Kagame yahaye imbabazi Dr Pierre Damien Habumuremyi wabaye Minisitiri w’Intebe, umaze igihe afunzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo gutanga sheki zitazigamiye. Ni kimwe mu...
Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse COVID-19....