Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafashwe Cocaine Ifite Agaciro ka Miliyoni $100
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hafashwe Cocaine Ifite Agaciro ka Miliyoni $100

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2022 3:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinzwe umutekano muri Liberia, k’ubufatanye na bagenzi babo bo muri USA, bafashe ikiyobyabwenge kiri mu bikomeye kurusha ibindi ku isi kitwa Cocaine gifite agaciro ka Miliyoni $100 ni ukuvuga Miliyari Frw 100.

Kiriya kiyobyabwenge yafatiwe ahitwa Topoe  mu gace gaturiye umurwa mukuru, Monrovia.

Mu bafatanywe biriya biyobyabwenge harimo abturge bo muri Guinea-Bissau ndetse n’abo muri Lebanon

Hari amakuru avuga ko biriya biyobyabwenge byari bipakiye mu makontineri, ariko nta rwego rw’ubugenzacyaha rurabigira icyo rubivugaho kidasubirwaho.

Ku rundi ruhande ariko hari abashoboye gucika inzego z’umutekano zaje gufata bariya bantu, ubu bakaba bagishakishwa.

Abakozi bo muri Ambasade y’Amerika muri Liberia bashima ubuyobozi bwa Liberia kubera akazi bakoze bagafata kiriya kiyobyabwenge.

Itangazamakuru ryo muri Liberia rivuga ko biriya biyobyabwenge byafashwe k’ubufatanye bw’inzego za Amerika, iza Brazil n’iza Liberia.

TAGGED:CocainefeaturedIkiyobyabwengeLiberia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhoozi Yabaye Jenerali W’Inyenyeri ENYE Ariko Yamburwa Inshingano
Next Article Afurika Y’Epfo Ni Iya Mbere Muri Afurika Kuri Internet Yihuta Ikaba Iya 46 Ku ISI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umutekano Mu Muhanda Uvuze Byinshi – Minisitiri Biruta

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

APR FC Yongeye Gutesha Rayon Igikombe Na Miliyoni Nyinshi

Menya Impamvu Kugabanya Ibiro Bigora

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Kenya: Inzovu Yari Ambasaderi W’Inzoga Yitwa Tusker Yapfuye

Amerika Irototera Kuzakorera Iran Nk’Ibyo Yakoreye Venezuela

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

You Might Also Like

Mu Rwanda

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?