Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Hafashwe Cocaine Ifite Agaciro ka Miliyoni $100
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Hafashwe Cocaine Ifite Agaciro ka Miliyoni $100

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 October 2022 3:49 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinzwe umutekano muri Liberia, k’ubufatanye na bagenzi babo bo muri USA, bafashe ikiyobyabwenge kiri mu bikomeye kurusha ibindi ku isi kitwa Cocaine gifite agaciro ka Miliyoni $100 ni ukuvuga Miliyari Frw 100.

Kiriya kiyobyabwenge yafatiwe ahitwa Topoe  mu gace gaturiye umurwa mukuru, Monrovia.

Mu bafatanywe biriya biyobyabwenge harimo abturge bo muri Guinea-Bissau ndetse n’abo muri Lebanon

Hari amakuru avuga ko biriya biyobyabwenge byari bipakiye mu makontineri, ariko nta rwego rw’ubugenzacyaha rurabigira icyo rubivugaho kidasubirwaho.

Ku rundi ruhande ariko hari abashoboye gucika inzego z’umutekano zaje gufata bariya bantu, ubu bakaba bagishakishwa.

Abakozi bo muri Ambasade y’Amerika muri Liberia bashima ubuyobozi bwa Liberia kubera akazi bakoze bagafata kiriya kiyobyabwenge.

Itangazamakuru ryo muri Liberia rivuga ko biriya biyobyabwenge byafashwe k’ubufatanye bw’inzego za Amerika, iza Brazil n’iza Liberia.

TAGGED:CocainefeaturedIkiyobyabwengeLiberia
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhoozi Yabaye Jenerali W’Inyenyeri ENYE Ariko Yamburwa Inshingano
Next Article Afurika Y’Epfo Ni Iya Mbere Muri Afurika Kuri Internet Yihuta Ikaba Iya 46 Ku ISI
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?